Kigali: Yasimbutse mu igorofa ya 4 arapfa nyuma yo gushora muri Bet Miliyoni 5 bakazirya

26/03/2024 21:21

Umusore bivugwa ko yashoye akayabo k’amafaranga y’u Rwanda arenga Miliyoni 5 muri Bet bakayarya yose , yiyahuriye ku inzu y’amagorofa 5.

Mu masaha ya Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Werurwe 2024, umusore bivugwa ko yariwe arenga Miliyoni 5 yiyahuriye kuri etaje y’amagorofa 4 ahita apfa.

Ibi byabereye mu Murenge wa Kimironko , mu Karere ka Gasabo mu masaha ya kare mu gitondo.Amakuru dukesha TV1 avuga ko uyu musore yiyahuye kubera Kuribwa agera kuri Miliyoni 5.

Advertising

Previous Story

Ibyagufasha kwirinda icyuya cyo kwaha

Next Story

Bruce Melodie na Shaggy baciye agahigo kuri Billboard Magazine

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop