Ibyagufasha kwirinda icyuya cyo kwaha

26/03/2024 19:41

Kugira icyuya cyo mu kwaha bishobora kuba ikibazo gikomeye cyane ndetse bikabangamira igifite cyangwa ukunda ku kigira.

Ngaho nawe tekereza imbaraga ushyiramo kugira use neza , ukambara neza ,agashati gasa neza ariko wajya kureba ugasanga ishati yawe yuzuye amazi kandi ahantu uri biragusaba kuzamura akaboko.Ibi birabangama ariko ni iki wakora ? Iyi nkuru ntigucike.Udusangize igitekerezo ndetse uyihe n’inshuti zawe.Uramutse ugize ikibazo kuri iyi nkuru wanyura kuri Email yacu: Info@Umunsi.com

Benshi bagira icyuya cyo mu kwaha babitewe n’uko izuba ryavuye cyane rikarusha imbaraga igicucu cy’aho bari cyangwa bigaterwa n’ubwoba , akazi kenshi n’ibindi ariko burya nta rwitwazo.Mu gihe rero ubona byarenze nanone ushobora kugana muganga akagufasha waramaze kugerageza ibyo tugiye ku kubwira ukabura umuti.

1.Ugosha ubwoba buri mu kwaha.

Niba uziko ufite ubwoba mu kwaha, ukaba ushaka guca ukubiri no kuzana ibyuya mu kwaha, gerageza kogosha ubwo bwoya kugira , bugabanye kuzana umwanda mwinshi ari nawo uzana ubushyuhe.Ntuzatume bukura cyane.

2.Ujye wambara umwambaro wo munsi y’ishati.

Isengeri yambare mbere yo kwambara ishati isanzwe mu gihe ugiye ahantu kure cyangwa utekereza ko uratindayo ukaba ushobora kubangamirwa n’ibyuya.

3.Ugikuramo ishati hita uyimesa.

Ibi bizatuma ubutaha wirinda kubira icyuba cyinshi mu kwaha.Uko icyuba kiba cyinshi mu ishati yawe, niko gifatamo bikazagorana ko kivamo.Ukigera mu rugo rero, ikintu cya mbere ukeneye gukora ni ugukuramo ishati ukayimesa ukoresheje amazi akonje.

4.Gabanya gukoresha imibavu.

Akenshi abantu bakunda kubira ibyuba  bibwira ko umubavu urabafasha guhumura neza nyamara siko bimeze kuko bimara iminota mike ukaba utangiye kwinubwa nabo muri kumwe.

5.Hinduranya imyambaro.

Hinduranya ubwonko bw’imyambaro wambara umunsi ku munsi.Niba uyu munsi wambaye Cotton, ejo shaka ibindi wambara.

Advertising

Previous Story

Kim Kardashian yavuze impamvu yatandukanye na Kanye West

Next Story

Kigali: Yasimbutse mu igorofa ya 4 arapfa nyuma yo gushora muri Bet Miliyoni 5 bakazirya

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop