Kigali: Imodoka yahiye irakongoka

08/04/2023 16:02

Ni impanuka yabaye mu buryo butunguranye abantu benshi baratangara.

Mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali imodoka yagendaga mu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ababibonye batangaje ko iyi modoka yo mu bwoko bwa “Minibus” yari igeze imbere ya Glory Hotel hafi y’isoko rya Nyarugenge.
Aba bakomeje bavuga ko iyi modoka igeze muri aka gace yatangira gushya abarimo bakizwa n’amaguru.Ntabwo icyateye iyi modoka gukongoka kiramenyekana gusa nta muntu n’umwe wahiriyemo.

Advertising

Previous Story

Miss Mutesi Jolly abwiye urubyiruko ibintu bikomeye #kwibuka twiyubaka

Next Story

Kumva ushonje cyane ni ikimenyetso cy’indwara nyinshi zikomeye ! Menya impamvu yabyo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop