Israel Mbonyi agiye gutaramira i Burayi

07/03/2024 15:55

Umuramyi, Israel Mbonyi umaze kubaka izina muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda , yatangaje ko agiye gutaramira iburayi aho kwinjira bizaba biri mu bihumbi birenga 68 by’amafaranga y’u Rwanda.

Ni igitaramo kizaba tariki 08 Kamena 2024 mu gihugu cy’u Bubiligi ahitwa Birmingham Palace.

Nkuko bigaragara ku rupapuro rw’ubutumire, kwinjira ni Amayero 50 na 30.Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yavuze ko yiteguye neza kuzajya gutaramira abakunzi be.

https://twitter.com/IsraeMbonyi/status/1765677370164347145?t=GXGlhZn3vvJykNvKeNAP2A&s=19

Advertising

Previous Story

Kizz Daniel yamaze kwemeza ko ari umugabo wubatse nyuma y’uko byari ibanga

Next Story

Camila Cabello yazuye akaboze ku rukundo rwe na Shawn Mendez

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop