Ishuri rya ‘Logic Training Center’ ryazanye agashya kubashaka kwiga imyuga mu mezi 3 gusa

19/12/2023 14:34

Logic Training Center ni ishuri rikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi ahazwi nko mu Mbugangali mu nyubako ari imbere y’Agakiriro.Mu masomo ‘Logic Training Center’ itanga harimo ; Gukanika Mudasobwa [ Hardware na Software], Gukanika Telefone z’ubwoko bwose, Gukanika Televiziyo za Flat  n’ibindi bikoresho bya Elctronic , Gukora Installation za CCTV Camera , Gukora amashanyarazi [Domestic Electricity] n’ibindi. Bandikire kuri watsapp kuri numero 0782275500  cyangwa ugaca kuri Email : Sengororeeustache@gmail.com,

 

 

Muri ibi byari bisanzwe byigishirizwa muri ‘Logic Training Center’ hiyongeremo andi masomo y’ingenzi cyane ku bantu bose ariyo;

1.Kwigisha Microsoft Office ikenerwa cyane

2.Kwigisha Photoshop ikenerwa n’abashaka gukora amafoto akaba meza cyane n’ubundi bumenyi mu kwita ku ifoto.

3.Kwigisha ibijyanye na ‘Online Services’ harimo ; Irembo, Mobicash , RRA ,… ukaba wakwihangira imirimo mu gihe gito.

4.Kwigisha ubumenyi bw’imbitse bwa Mudasobwa.

5.Kwigisha amategeko y’umuhanda.

Kuri ubu bari kwandika abanyeshuri bashya bashaka kwiga muri LOGIC  TRAINING CENTER bazatangira kwiga tariki 12 Mutarama 2024.

 

Logic Training Center ni ishuri rimaze kuba ubukombe mu kwigisha , kuko batanga amasomo mu mezi 3 gusa , ugasohokamo uri kujya kwihangira imirimo.Abamaze kuriminuzamo nibo bafite ubuhamya bwaryo kuko bamwe mu barirangijemo bahabwamo akazi.

Ushaka ibindi bisobanuro , haba ari ukwiyandikisha cyangwa kubaza amakuru arambuye , wanyura kuri numero 0782275500  cyangwa ugaca kuri Email : Sengororeeustache@gmail.com

https://www.youtube.com/watch?v=UDcFW5kzlLs&t=12s

Advertising

Previous Story

Pasiteri yahuje umusore n’inkumi bari baje gusenga ari ingarabu ababwira ko mwuka wera abubakiye

Next Story

Umukinnyi wa Filime Jonathan Majors yahawe akato

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop