Advertising

Ibintu bikurwa mu murambo mbere yuko ushyingurwa

10/02/2024 07:10

Kimwe n’ibindi bintu byose, burya iyo umuntu amaze gupfa ntago ashyingurwa Hari ibintu bimwe nabimwe bikiri mu mubiri we. Niyo mpamvu muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku bintu byose bikurwa mu murambo mbere yuko ushyingurwa.

 

DORE IBINTU BIKURWA MU MURAMBO MBERE YUKO USHYINGURWA:

 

 

1.Ikintu cya mbere umurambo ukorerwa mbere yo gushyingurwa harimo guterwa imiti ituma umubiri utabura vuba, nicyo kintu cya mbere gikorwa ku murambo.

 

 

2.Gukurwamo urugingo yaba yarashyizwemo rusimbura utwe rwagize ikibazo. Aho twavuga ntabiriya byuma bishyirwa mu kaboko mu kaguru n’ahandi.

 

 

3.Ikindi ni biriya byuma byambarwa mu menyo nabyo mbere Yuko umurambo ushyingurwa wari ufite ibyo byuma ni ngombwa ko bikurwamo mu buryo byo kwirinda ko byakwangiza ibidukikije nk’ubutaka kuko ari ibyuma bitabora.

 

 

4.Ibikomo nindi miringa cyangwa ibyambarwa hagamijwe kurimba iyo babisanze ku murambo mbere yuko ushyingurwa byose babikuramo.

 

 

5.Mu gihe bibaye ngombwa Hari ubwo mu murambo hakuwemo urugingo runaka mu buryo bwo kujya gufasha abadafite urwo rugingo iyo uwo wapfuye urwo rugingo rukora neza Kandi rudafite ikibazo. Ibyo bikorwa mu gihe banyiri mubiri bemeye ko uwapfuye akurwamo urwo rugingo.

 

 

 

 

Zirikana ko abantu bose bitewe nu muco wabo n’imyemerere itandukanye, Hari abandi bakora ibitandukanye harimo naboza umurambo mbere Yuko ushyingurwa n’ibindi.

 

 

 

 

 

Source: australian.museum

Previous Story

Umugabo yateye inda nyirabukwe maze abonye ibyo yakoze ahitamo guhunga iwe mu rugo

Next Story

Azayikuriramo, Umwana w’umukobwa yagaragaye mu ijipo idasanzwe

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop