Ibintu bikurwa mu murambo mbere yuko ushyingurwa

10/02/2024 07:10

Kimwe n’ibindi bintu byose, burya iyo umuntu amaze gupfa ntago ashyingurwa Hari ibintu bimwe nabimwe bikiri mu mubiri we. Niyo mpamvu muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku bintu byose bikurwa mu murambo mbere yuko ushyingurwa.

 

DORE IBINTU BIKURWA MU MURAMBO MBERE YUKO USHYINGURWA:

 

 

1.Ikintu cya mbere umurambo ukorerwa mbere yo gushyingurwa harimo guterwa imiti ituma umubiri utabura vuba, nicyo kintu cya mbere gikorwa ku murambo.

 

 

2.Gukurwamo urugingo yaba yarashyizwemo rusimbura utwe rwagize ikibazo. Aho twavuga ntabiriya byuma bishyirwa mu kaboko mu kaguru n’ahandi.

 

 

3.Ikindi ni biriya byuma byambarwa mu menyo nabyo mbere Yuko umurambo ushyingurwa wari ufite ibyo byuma ni ngombwa ko bikurwamo mu buryo byo kwirinda ko byakwangiza ibidukikije nk’ubutaka kuko ari ibyuma bitabora.

 

 

4.Ibikomo nindi miringa cyangwa ibyambarwa hagamijwe kurimba iyo babisanze ku murambo mbere yuko ushyingurwa byose babikuramo.

 

 

5.Mu gihe bibaye ngombwa Hari ubwo mu murambo hakuwemo urugingo runaka mu buryo bwo kujya gufasha abadafite urwo rugingo iyo uwo wapfuye urwo rugingo rukora neza Kandi rudafite ikibazo. Ibyo bikorwa mu gihe banyiri mubiri bemeye ko uwapfuye akurwamo urwo rugingo.

 

 

 

 

Zirikana ko abantu bose bitewe nu muco wabo n’imyemerere itandukanye, Hari abandi bakora ibitandukanye harimo naboza umurambo mbere Yuko ushyingurwa n’ibindi.

 

 

 

 

 

Source: australian.museum

Advertising

Previous Story

Umugabo yateye inda nyirabukwe maze abonye ibyo yakoze ahitamo guhunga iwe mu rugo

Next Story

Azayikuriramo, Umwana w’umukobwa yagaragaye mu ijipo idasanzwe

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop