“Hafunzwe benshi bazira gukunda nyakwigendera Ikirezi Thamara” ! Inshuti magara ya Thamara ivuga ku buzima bacanyemo

18/04/2023 18:49

Mu kiganiro kihariye Mbabazi Sara yagiranye na n’itangazamakuru yavuze byinshi yacanyemo na Uwonkunda Ikirezi Thamara uherutse kwitaba Imana mu rupfu rw’amayobera bikababaza imbaga yiganjemo abakiri bato kuko yapfuye akiri muto.

SARA yavuze ko Kuva yahura na Thamara bigana ku Kigo kimwe Muri kigali akarere ka Kicukiro mu kigo kitwa Groupe Scolaire Imena rugamba , ngo Thamara nk’umukobwa mwiza ,yakundwaga n’abasore banyuranye bifuzaga kuba inshuti na we. icyakora ngo icyo gihe Thamara yirindaga ko hagira uwo mu muryango we ubimenya kuko yari akiri muto.

Inshuti ya Thamara Ikirezi yavuze ko kandi akimara gukura(Thamara) yaje kujya ajya mu rukundo n’abasore iwabo babimenya bikamugwa nabi cyangwa uwo musore ubwe bikamugwa nabi. Amakuru ahari ni uko hari umwe mu basore bafunzwe bazira gukundana na Thamara. N’ubwo uwo musore Sara atifuje kumuvuga izina ariko ngo siwe wenyine wafuzwe azira kwiha Gutereta Thamara , (JULI TV)

Uyu mukobwa washenguye rubanda nyamwinshi bakimara kumva ko yitabye Imana mbibutse ko yavutse 2001 akaba yaratabarutse 2023 ukwezi Mata , taliki 14. Bimwe mu byo bwatagiye tubabwira hano ko Umunsi.com aruko byavuzwe ko yasanzwe munzu yapfuye bicyekwa ko yiyahuye ,abandi bakavuga ko yaziye ibiyobyabwenge, icyakora nta muntu n’umwe uzi neza impamvu y’urupfu rwa Thamara.

Advertising

Previous Story

Ubusambanyi bwabatamaje ! Umugore wubatse yasanzwe yapfiriye munzu y’umupandiri nyuma yo kubeshya umugabo we ko agiye gushyingura

Next Story

Dore ibintu by’ibanze ukwiriye kuba wujuje mbere y’uko utekereza kujya mu rukundo niba wifuza kubaho wishimye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop