Grace Anne woza abagabo mu mutwe yavuze akayabo k’amafaranga akorera abantu baratangara

16/12/2023 17:12

Uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya witwa Grace Anne usanzwe akora muri saloon zogosha imisatsi mu Mujyi wa Nairobi yavuze amafaranga menshi akura mu kazi akora ko kiza abagabo mu mutwe maze rubanda basigara bibaza Koko Niba ayo mafaranga ayakorera.

 

Ubusanzwe uyu mukobwa akorera mu mujyi wa Nairobi ndetse akora muri saloon zogosha, icyakora we ntago ashinzwe kogosha ahubwo we ashinzwe koza mu mutwe abakiriya bamaze kogoshwa, ibyo rero avuga ko byamugejeje kuri byinshi mu buzima bwe abayemo.

Mu magambo ye yagize ati “Abagabo bakunda ibyo babona “ ayo ni amwe mu magambo uyu mukobwa yavuze ubwo yavugaga ku kazi ke akora ko koza abagabo mu mutwe, mbese ngo iyo mugabo umwogeje neza muutwe umushimashima, aratwagwa bityo akaguhs amafaranga menshi.

Icyakora ngo kubera ubuhanga uyu mukobwa afite mu gukora akazi ke, byatumye yubaka izina kuburyo kuri ubu abagabo benshi bava Mombasa bakaza I Nairobi aho akorera kugira ngo nabo abakoreho ryake.

Ngo service y’uyu mukobwa ni ntamacyemwa aho anyuze hose ibikorwa bye birivugira.Yakomeje avuga ko ngo gukorera abagore we bitamuha amafaranga menshi ahubwo ngo gukorera abagabo nibyo bimuha amafaranga menshi.

Ndetse yemeza ko ashobora gukorera arenga 6000, ndetse akanayarenza.Udushya muri business muri iyi minsi nibyo bintu biri guhesha banyiri business amafaranga atabarika.

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Zari yahaye abahungu be igihe ntarengwa cyo kuba bamuviriye munzu

Next Story

Umugabo wanjye yankase ingohe yangiza ubwiza bwanjye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop