Frida Kajala yasabye imbabazi avuga ko yasangiye Harmonize n’umukobwa we Paulah

21/05/2023 23:31

Umukinnyi wa Filime Frida Kajala Masanja n’umukobwa we bakomeje kwigarurira imbuga nkoranya mbaga nyuma yo kugaragaza ko bakundanye n’umusore mwe.

 

Aba bombi bemeje ko bakundanye n’umusore umwe ariwe Harmonize.Ibi babitangaje mu kiganiro bakunda gukora bombi maze Fridah agaragara ameze nk’ufite amarira, avuga ko atigeze amenya ko amakosa ye yo gusangira umukunzi n’umukobwa atari aziko azamukoraho.

 

Muri iki kiganiro, uyu mukinnyi wa Filime kabuhariwe muri Tanzania Kajara Frida Masanja , agaragara abyutsa umukobwa we ngo arye mbere y’uko amusaba imbabazi z’ibyo yamukoreye.Ati:”Umbabarire.Ndumva baratsinzwe nka mama wawe kandi arinjye wagombaga gukuraho buri kimwe.

 

Dufitanye igihango twembi kandi nicyo gikomeza kimpatiriza gusaba imbabazi.Birambabaza kuko ni ibintu naribube naratekerejeho cyane.Ni amakosa ndetse nibibi cyane ariko ntakintu nari bubikoreho”.Uyu mugore yagaragaje ko ashobora kuba ababajwe cyane n’uko umukobwa we amufata nyuma yo kuenya ko basangira umugabo ndetse n’uko abantu bazamufata ubwe.

 

Ati:” Hari ubwo umukobwa wanjye yambwiraga ko abangamiwe cyane n’uko dusangira umugabo ndetse akanambwira ko bimutera isoni kandi ko atinya cyane”.Uyu mwana yaje guha mama we imbabazi.Fridah yemeje ko nyuma yo gutandukana na Harmonize, uyu musore yatangiye kujya yoherereza ubutumwa bugufi umukobwa we.

 

Uyu muhanzi Harmonize yaje gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise ngo ‘Single’ kugira ngo akureho urujijo rw’uko akundana n’umukobwa w’uwo bahoze bakundana.Aganira na Mzazi Willy M Tuva, Kajala yemeje ko urukundo rwe na Harmonize ntaho rwari rufashe kuko batahanaga umwanya.

Advertising

Previous Story

Kenya: Urukiko rwabuze ibimenyetso rurekura uwiyise Yesu Kristo

Next Story

Barasa kandi barangana ! Miss w’u Burusiya hamwe na nyina bakomeje gutma abantu bibaza umuto n’umukuru

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop