“Ese mwe muri gufata abakunzi banyu Ute” ! Ifoto y’inkumi yamamaye muri Filime iteruye umusore ikomeje kuvugisha abantu benshi bavuga ko ntarukundo rurimo

26/06/2023 19:48

Uyu mukobwa wamamaye cyane mu gukina filime mu gihugu cya Kenya witwa Bushrasaksh yagaragaye ateruye Umusore nawe wamamaye muri cinema muri Kenya.

Uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto igaragaza ateruye Umusore ndetse ubonako yamubyimbye.

 

Iyo foto yakomeje kubica bikomeza gucika hirya no hino ku mbugankoranyambaga ndetse ko abantu bakomeje gutangazwa nimbaraga uyu mukobwa afite.

 

Bamwe bakomeje kuvuga ko uyu mukobwa ashobora kuba akora siporo cyane, abandi bo bati nuko Umusore ateruye n’ubundi ntabiro afite.

Ku ifoto uyu mukobwa yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amagambo agira ati” ese mwe muri gufata abakunzi banyu Ute muri weekend.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: Instagram

Advertising

Previous Story

Umusore yashoye akayabo mu kwibagisha kugira ngo abe muremure nyuma yuko abakobwa bamwanze ngo ni mugufi

Next Story

Miss Burundi akomeje kugereranywa na Grand P wamamaye cyane bavuga ko ari umwana we

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop