“Ese kuki nanga Harmonize cyane ?” ! Paula Kajala yibajije impamvu yanga umuhanzi Harmonize bivugwa ko yasangiraga na Mama we mu ibanga rikomeye

11/06/2023 19:32

Umukobwa wabyawe na Frida Kajala , Paula Kajala yashyize hanze uruhande rwe kuri Harmonize avuga ko amwanga cyane ndetse asobanura ko atazi neza impamvu ituma amwanga.

 

Umuhanzi Rajab Abdul wamamaye nka Harmonize wateretanye na Frida Kajala umubyeyi wa Paula yavuzwe cyane mu rukundo n’umukobwa we kugeza ubwo uyu mukobwa nawe avugiye ko adakunda na gato uyu muhanzi.

 

Mu kiganiro gikowa na Frida Kajala.Ubwo uyu mubyeyi yishinjaga amakosa akavuga ko atazi impamvu y’ibyamubayeho ndetse n’ibyo kunanirwa kwita kunshingano ze nk’umubyeyi yagize ati:” Ndakeka ko bamwe batekereje ko nabaye umubyeyi gito utarabashije kuzuza inshingano”.

 

Uyu mukobwa we nawe yagize ati:” Harmonize yakoze amakosa yo gushaka gukundana nawe ndetse nanjye icyarimwe”.Uyu mubyeyi yegereye umukobwa we ashaka ko bavugana begeranye agira ati:” Erega umbabarire , nahaye agaciro urukundo rwanjye kurusha umukobwa wanjye”.

Frida Kajala yiseguye k’umukobwa we kubwo kunanirwa kumuha inama ndetse kumuyobora.Ati:” Mbanumva naragutengushye nk’umukobwa wanjy.Wazaga kundeba ariko imyanzuro yanjye ikaba mibi kuri wowe.Umbabarire cyane, naribube narakumenye nkakwitaho”.

 

Ibi byabaye ubwo Harmonize yashatse gutereta umukobwa wa Frida Kajala bahoze bakundana.Harmonize yaguriye Frida Kajala impano zitandukanye agamije kumutsindira.

Advertising

Previous Story

“Nabayeho nabi kugeza ubwo nashatse kwiyahura” ! Yakuze ari mwiza ariko inkuru y’ubuzima Bwe Iteye Agahinda!

Next Story

Gutera akabariro bikwiye kuryohera kandi bikaba urwibutso ku mugore n’umugabo gusa” ! Ajoke Omoegba yagiriye inama abagabo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop