Dore uko washimisha uwo mwashakanye uyu munsi

11/06/2023 09:29

Nyuma yo gushakana n’umugore wawe ukunda cyane , hari uburyo ushobora kumushimisha cyane urugo rwanyu rugakomeze kuba rwiza.

 

James na Jane ni abashakanye bakundana kandi ubu bamaranye imyaka 14 bafitanye abana 3. Aba bombi kugeza ubu babanye neza kandi barafashanya.

 

Nyuma y’igihe babana nk’umugore n’umugabo, haje kuzamo ibibazo bitandukanye maze umwe muri bo agira ati:” Ntabwo tugisohokana nk’uko twabikoraga mbere.Ndatekereza ko abana twabyaranye aribo baduciyemo ibice batuma urukundo rwacu rutaba umugisha kuri ngo nabo batubere umugisha.

 

Nukuri Twarakundanaga cyane kuburyo ari ntawatekerezaga guca inyuma mugenzi we ariko uko byaje kurangira nanjye sinzi uko byayenze kuko uko buri muntu yifuzaga mugenzi we byagiye bishira gake gake”.

 

Uyu muryango wa James na Jane ntabwo ariwo wenyine ybayeho nabi no mu buryo bwo kudakundana nk’uko byagiye byigaragaza mu minsi ya none.

 

Uwitwa Judith Babirye yagaragaje ko urukundo rugomba kuba rwiza ndetse asaba abashakanye kujya bakoresha utuntu duto kuko aritwo tuzahura urukundo.Ati:” Abashakanye bakwiriye kumenya ko utuntu duto aritwo dutuma urukundo rugenda neza.Utuntu duto dusobanuye byinshi kuburyo ibyo bakorerana bishobora gukomeza kuba byiza kandi bagashimishanya.

 

Uburyo baganira hagati yabo nabyo ni byiza kandi byabafasha gukomeza gukundana no kubahana”.Uyu kandi yabasabye kujya bibuka gusana imbabazi kuko arizo zituma abashakanye babasha gukomeza gukundana.

 

Ati:” Burya bakwiriye kujya bahamagarana cyane buri munsi bakamenya uko amakuru yabo kumenya amakuru yumwe muri bo uko iminsi igenda nuko ishira.Kumubwira ati:” Ndimo kugutekerezaho ,…”.

 

Yabibukije kujya bagira ibihe byabo byo kwishimana byaba bito cyangwa byinshi , bakora agahe gato cyangwa kanini ariko bagakundana.Gukundana ni ibintu byiza ariko bigaragarira mu bikorwa bito bito.

 

Src: Monitor.co.ug

Advertising

Previous Story

Grand P yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi make yerekanya umukobwa mushya wo muri Asia

Next Story

“Nabayeho nabi kugeza ubwo nashatse kwiyahura” ! Yakuze ari mwiza ariko inkuru y’ubuzima Bwe Iteye Agahinda!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop