Dore ubusobanuro bw’amazina agezweho wakwita umwana wawe ukaba umuhaye impano nziza

17/09/2023 07:25

Nk’uko bisanzwe tubagezaho ubusobanuro bw’amazina atandukanye kuri ubu turakomereza kuyo twabagejejeho , turebere hamwe andi mazina n’ubusobanuro bwayo.

Niba utwite , Umugore wawe akaba atwite cyangwa ukaba uzi umuntu ugiye kwibaruka , muhe iyi nkuru ahitemo akazina kamwe ahereza umwana we.

1. Clodagh

2. Sadhbh: Iri ni izina risobanuye ngo ‘Uburyo’ nanone rikongera ridagasobanura uburyo ibintu byiza cyane.Iri zina ni ryiza ku mwana wawe.

3.Tadhg: Iri ni izina ry’umwana , risobanurwa nk’ubugeni.

4. Donnacha: Iri zina rihabwa abana kandi ni izina ryiza.Iri zina risobanuye ngo indwanyi ndetse ritite aho rihuriye n’amateka y’intambara.

5.Fiadh : Iri ni izina rikomeye cyane , rihabwa umwana , rikamufasha kuzakura akunda ibimera no gutembera.

6.Niamh: Iri ni izina risobanuye umucyo cyangwa Urumuri. Umwana uhawe iri zina , akurana umucyo n’umunezero mu maso he.

7.Rian : Iri zina risomwa ngo (Ree-an) , iri zina risobanura ngo ‘Umwami’. Kwita umwana wawe izina Rian , ni byiza kuko bituma akurana imbaraga nububasha.

8.Cillian: Izina Cillian rifite aho rihuriye n’imyizerere ndetse n’insengero.

9. Aisling : Guha umwana wawe izina rya Aisling bimufasha gukurana inzozi ndetse n’cyerekezo cyiza muri we.

10.Teagan: Iri zina rifasha umwana gukurana imbaraga n’ubuhanga bukomeye ndetse akazavamo umuhanga udasanzwe mu by’imitekerereze.

Advertising

Previous Story

Nyuma y’amezi 10 adasohora indirimbo, umuhanzi Calvin Mbanda yahuje imbaraga na Kenny Sol bashyira hanze indirimbo bise ‘Mama Loda’ –VIDEO

Next Story

Ntibigeze bajya mu kwa Buki ! Inkuru y’urukundo rwa Prince Kid na Nyampinga Iradukunda Elisa isize inkuru i Musozi Elisa ashimirwa ubupfura

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop