Nk’uko bisanzwe tubagezaho ubusobanuro bw’amazina atandukanye kuri ubu turakomereza kuyo twabagejejeho , turebere hamwe andi mazina n’ubusobanuro bwayo.
Niba utwite , Umugore wawe akaba atwite cyangwa ukaba uzi umuntu ugiye kwibaruka , muhe iyi nkuru ahitemo akazina kamwe ahereza umwana we.
1. Clodagh
2. Sadhbh: Iri ni izina risobanuye ngo ‘Uburyo’ nanone rikongera ridagasobanura uburyo ibintu byiza cyane.Iri zina ni ryiza ku mwana wawe.
3.Tadhg: Iri ni izina ry’umwana , risobanurwa nk’ubugeni.
4. Donnacha: Iri zina rihabwa abana kandi ni izina ryiza.Iri zina risobanuye ngo indwanyi ndetse ritite aho rihuriye n’amateka y’intambara.
5.Fiadh : Iri ni izina rikomeye cyane , rihabwa umwana , rikamufasha kuzakura akunda ibimera no gutembera.
6.Niamh: Iri ni izina risobanuye umucyo cyangwa Urumuri. Umwana uhawe iri zina , akurana umucyo n’umunezero mu maso he.
7.Rian : Iri zina risomwa ngo (Ree-an) , iri zina risobanura ngo ‘Umwami’. Kwita umwana wawe izina Rian , ni byiza kuko bituma akurana imbaraga nububasha.
8.Cillian: Izina Cillian rifite aho rihuriye n’imyizerere ndetse n’insengero.
9. Aisling : Guha umwana wawe izina rya Aisling bimufasha gukurana inzozi ndetse n’cyerekezo cyiza muri we.
10.Teagan: Iri zina rifasha umwana gukurana imbaraga n’ubuhanga bukomeye ndetse akazavamo umuhanga udasanzwe mu by’imitekerereze.