Advertising

Dore impamvu ukwiriye kujya ukora umwitozo wa Yoga buri munsi

24/06/2024 11:57

Yoga ni ingenzi cyane mu buzima bwa buri munsi bwa muntu.Nk’uko tugiye kurebera hamwe twumva ubuhamya bwa bamwe mu bakora Yoga buri munsi bakayifata nk’ubuzima.

Uwitwa Rakul Singh , yasangije abamukurikira ku mbuga Nkoranyambaga ze ifoto ari mu myitozi ya Yoga n’umugabo we Jackky Bhagnani , ibi babigaragaje ku munsi Mpuzamahanga wa Yoga [ International day of Yoga ], bagira bati:”Yoga ni uburyo bw’ibyishimo by’ubwonko, no kunezerwanya n’uwo mwashakanye cyangwa inshuti yawe”.

Uwitwa Patralekhaa yagize ati:”Nkunda Yoga cyane kuko ituma mba njye”.

Uwitwa Neha Dhupia , yashyize hanze ifoto ari gukora Yoga, asaba abantu kwitabira cyane umwitozo wa Yoga ndetse n’indi myitozo.Yagize ati:”Ita ku myitozo yawe buri munsi.Ntabwo uraba wihuse kandi ntabwo uraba ukerewe”.

Uwitwa Karishma we yagize ati:”Yoga , ituma ubona uburyo bwo kwisanzura n’ubwigenge tugize ugira kuva na mbere hose”.

Ibihugu bimwe ba bimwe bifata Yoga nk’umwitozo udanzwe ku buryo bashyizeho n’umunsi wayo nk’uko twabigarutseho muri iyi nkuru.Ibyamamare bitandukanye, byagiye bagiye bakangurira Isi yose, kwita kuri Yoga nk’ahantu heza ho kuruhuka no guturiza.

Isoko: Redit

 

Previous Story

Abasore gusa: Dore uburyo 3 bw’ingenzi bwakubwira ko umukobwa agukunda cyane

Next Story

Umukecuru w’imyaka 71 ahatanye mu irushanwa ry’ubwiza

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop