Dore ibitera kugira intege nke mu gitanda nibyo wakora kugira ngo uce ukubiri nabyo 

28/06/2023 09:43

Mu gihe cyo gutera akabariro benshi mu bagabo bahura n’ikibazo cyo gucika intege ndetse bamwe ibitsina byabo bikanga guhaguruka neza.Niba ufite iki kibazo cyangwa ukaba uzi umuntu ugifite tugufitiye umuti.

Uko umuntu agenda akura niko byinshi bihinduka ndetse bikaba byagera no mu kugutera akabariro.Uretse ibyo kandi hari ibintu abagabo benshi bacamo bigatuma babura ubushake bwo gutera akabariro pe.

MBERE YO GUKOMEZA NIBA UFITE IKI KIBAZO TWANDIKIRE TUGUHUZE NA MUGANGA AGUHE UMUTI.

Umuforomokazi witwa Gufti Dahosa abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze yatangaje impamvu zituma abagabo benshi bacika intege ndetse abaha inama.

Uyu muganga yavuze ko iki kibazo guterwa no kutagira umusemburo uhagije wa testosterone , kutaryama bihagije , umunaniro , kugira ibiro byinshi no gukoresha itabi , inzoga, n’ibisa nayo.

Niba ufite iki kibazo twandikire TUGUHUZE numuganga uragufasha guca ukubiri nabyo.

Iki ni ikibazo gikira burundu.

Advertising

Previous Story

Amakariso akomeje kuba amateka ku nkumi hirya no hino

Next Story

Micheal Jackson yasubijwe mu ninkiko ku byaha aregwa byo gusambanya abana b’abahungu ashinjwa na Wade Robson uvuga ko yamusambanyije ubwo yari afite imyaka 7

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop