Dore ibintu ukwiriye kwirinda gukora mbere yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

19/08/2023 19:27

Abashakanye by’umwihariko baba bagomba kugira byinshi birinda mu rwego rwo kugira ngo bagire ubuzima bwiza.Muri uku gukora imibonano mpuzabitsina batateguye neza rero hari ibyo baba bagomba kwirinda nk’uko tugiye kubigarukaho.

Numara kumenya ibibintu, ufashe na bagenzi bawe, ukore share kubo muziranye kugira ngo babashe kwirinda no kurinda abo bashakanye.

1.IRINDE AMAFUNGURO ARIMO URUSENDA: Abashakanye bakwiriye kugabanya amafunguro arimo urusenda mbere yo gutera akabariro kuko ngo rushobora gutuma umutima ukora mu buryo budasanzwe bikaba byabangamira igikorwa murimo.

2.GABANYA INGANO Y’IBISINDISHA UKORESHA : Abashakanye bakwiriye kugabanya ingano y’ibisindisha bakoresha mbere yo gutera akabariro hamwe n’abo bashakanye.Nubwo bivugwa ko atari byiza, gusa hari ibinyobwa bimwe na bimwe bikoreshwa mu rwego rwo gushaka imbaraga.
3.NTUKAJYE WOGOSHA MBERE Y’IGIKORWA : Mu by’ukuri ntabwo ari byiza ko gosha mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina kuko bituma bitaryoha neza by’umwihariko iyo mubikoze uwo mwanya muhita mubira.

4.MUKINE ARIKO NTIMURENGERE: Hari ubwo abantu bakina ugasanga bibagiwe icyabagenzaga cyangwa havuyemo kurakara.Sibyiz rero ko abashakanye bakina cyane mbere yo gutera akabariro.

Advertising

Previous Story

Diamond Platinumz yifatiye kugakanu Pasiteri Ezekiel Odero wamwise imashini itera inda

Next Story

Umugore yibarutse abana 5 icyarimwe asaba ubufasha nyirabukwe

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop