Dore ibintu bizatuma umukunzi wawe cyangwa umugore akubahuka

11/10/2023 18:53

Icyubahiro mu rukundo rwanyu cyangwa no mu rugo rwanyu ni ipfundo ry’ibyiza byose mubamo. Mu gihe wowe n’umukunzi wawe mwubahana ntakabuza urukundo rwanyu ruzakomera kimwe no ku bashakanye burya iyo mwembi mwubahana urugo rwanyu rurushaho gukomera. Harubwo rero icyubahiro hagati yanyu gitangira gucembera.

 

 

DORE IBINTU BISHOBORA GUTUMA UMUGORE CYANGWA UMUKUNZI WAWE AKUBAHUKA:

 

 

Kumwubahuka: Ni ukuvuga ngo ubundi kubahana hagati yanyu ni ikintu cya mpa nguhe, rero nawe nutangira kubahuka umugore wawe bizatuma nawe abona ko nta cyubahiro akugomba.

 

 

 

Kurengera: Mu rukundo habamo imipaka udakwiye kurenga ngo kwinjirira umuntu cyane ugakabya ibyo nubikora nabyo bishobora gutuma umukunzi wawe atangira kukubahuka Kandi yari asanzwe akubaha.

 

 

 

Kiburirana umwanya: Mu gihe wowe n’umukunzi wawe mutabonerana umwanya wo kuganira bihagije nabyo bishobora gutuma umukunzi wawe atangira kukubahuka cyane ko yakubuze.

 

 

 

Kumutuka: Mu rukundo hashobora kuzamo kutumvikana ariko ni byiza ko wicunga ugacunga ibyo uvuga ubwira umukunzi wawe kuko bishobora kumubera ikiraro cyo gutuma atangira kukubahuka.

 

 

 

 

Kunanirwa kuzuza ibyo wamusezeranyije : Kunanirwa kuzuza amasezerano nabyo bishobora gutuma umukunzi wawe cyangwa umugore wawe atangira kukubahuka.

 

 

 

Kumwirengagiza : Mu rukundo iyo utangiye kujya wirengagiza umugore wawe nawe atangira kubona ko atakugomba icyubahiro bityo agatangira kukubahuka.

 

 

 

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Ko nubundi ari umukire yaguze indi phone ! Umuhanzi Chris Eazy yababajwe cyane n’ukuntu bakomeje guha agaciro telephone kurusha abantu

Next Story

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vumilia yashyize hanze indirimbo yise ‘Kuri buri segonda’ – VIDEO

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop