Cheerful young man giving piggyback ride to his girlfriend outdoors in the city

Dore amafoto 10 ya mbere meza ku isi y’abakundana ashobora guhita agushyira mu rukundo aka kanya

08/07/2023 20:54

Urukundo ni amayobera y’umutima aho umwe mu bakundana yifuza mugenzi we kugeza amwegereye akamusaba ko babana.

Hari ubwo uzaganira n’abantu batandukanye bakakubwira ko urukundo rwabo rwakomotse ku nshuti zabo cyangwa ahandi hantu hatandukanye.Uburyo umuntu abona abantu bakundana nibwo bituma nawe ajya mu rukundo.

Iyo isi itaza kubamo urukundo ntabwo abantu bayuzuyemo bari gukundana, impamvu abantu bakundana ni uko hari abandi bakundana babona.Niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kugaruka kumafoto y’ingenzi agaragaza abakundana by’ukuri.

 

 

Advertising

Previous Story

Niba ushaka ko umukobwa agusarira kora ibibintu

Next Story

“Umugabo muzima ata umugore ngo nuko yabyaye abana 4 Kandi ashaka 3 gusa ? sinzi igikomeje gutuma abagabo Bata abagore babo” ! Beth Wanjiru yashenguwe cyane

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop