Dogiteri Nsabii yagaragaje uko impanuka yamusize

07/05/2024 11:45

Umunyarwanda umaze kumenyakana mu Rwanda nka Nsabii yagaragaje uko impanuka yakoze yamusize.

Mu minsi ishize mu ijoro ryo ku wa 21 Mata 2024 Nsabii na mugenzi we bamenyekaniye rimwe uzwi nka  Bijiyobija bakoreye impanuka ahazwi nko mu Karere ka Musanze bakomokamo bajya mu Mujyi wa Kigali.

Nyuma yo gukora iyi mpanuka ikomeye bagakomereka cyane , bombi bajyanywe mu Bitaro bya Nemba kugira ngo bitabweho.Ubwo yerekanaga impanuka bakoze yifashishije ifoto, Dogiteri Nsabii yagize ati:”Mana warakoze ku ndinda, Ndagushimye, Uri Imana ikomeye”.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Nsabii yongeye kugaragaza uko impanuka yamusize akoresheje ifoto igaragaza isura ye iriho gupfukwa.Nsabi yagize ati:”

Advertising

Previous Story

Nyampinga wa Amerika yeguye kuri uwo mwanya kubera uburwayi bwo mu mutwe

Next Story

Kenya na Somaliya byashyize umukono ku masezerano y’inama za politiki, uburezi ndetse n’ingabo.

Latest from Cinema

Go toTop