Davido yongeye kuyobora bagenzi be

14/12/2023 09:41

Davido ukorera umuziki muri Nigeria gusa agakunda kwibera muri Amerika, yashyizwe ku mwanya wa Mbere mu bahanzi bakurikirwa cyane muri Nigeria.

David Adeleke wamamaye nka Davido yashyizwe ku mwanya wa Mbere na Top Chat Africa nk’ukuhanzi wa Mbere ukurikirwa muri Nigeria kumbuga nkoranyambaga.

Davido akurikirwa n’abarenga Miliyoni 56.1 kumbuga ze zose, mu gihe Burna Boy amukurikira ku mwanya wa Kabiri n’abarenga Miliyoni 38.6

Wizkid uherutse gusubika umuziki akajya Muri Siporo niwe washyizwe ku mwanya wa 3 na Top Chat Africa aho akurukirwa n’abarenga Miliyoni 38.4,

Undi muhanzi uririmba AfroPop , Yemi Alade na Tiwa Savage bakurikiyeho n’ababakurikira barenga Miliyoni 34.3 bafata umwanya wa Kane n’uwa Gatanu.

Umuziki wa Nigeria niwo uyoboye Afurika kugeza ubu.

Advertising

Previous Story

Shaddyboo warwaje abagabo ibikanu ari kubyina avamo ?

Next Story

Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal n’umukunzi we bari mu Rwanda

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop