Davido yagiranye ibihe byiza n’impanga ze

03/01/2024 09:03

Umuhanzi wo muri Nigeria wamamaye nka Davido , yasohokanye n’umugore we Chioma n’impanga zabo.

https://www.youtube.com/watch?v=pwE2iVIOzIg

Abafana be bashimishijwe n’amashusho uyu muhanzi yashyize hanze ari kumwe n’abana be, umugore we n’impanga ze bigaragara ko bishimye.

Davido waherukaga kwerekana ifoto akina n’amafaranga ($), yongeye gushimirwa umutima wo kwita kubana be n’umugore we Chioma.

Umwe mu bagize icyo bavuga kuri aya mashusho harimo uwitwa Fatima wagize ati:” Ariko ukuri kuravugwa pe, Chioma ni umukobwa mwiza kandi arakunzwe, imyitwarire ye itandukanye n’iyabandi bakobwa bo hanze aha ( Slay Queens out there) muri Lagos.Akwiriye ibintu byiza.Ubu ari kwishimira kuba umwamikazi”.

Uwitwa Emmy Rez , yagize ati:” Woow , ni byiza kumubonana n’umuryango we pe, muri uku Kwezi kwa Ukuboza, uyu musore yarakoze cyane”

Uretse abandi kumbuga nkoranyambaga zitandukanye Davido yakomewe amashyi kubwo kwitwara neza, agasohokana umuryango we.

https://www.youtube.com/watch?v=pwE2iVIOzIg

Advertising

Previous Story

Nyanza : Umugabo yanizwe n’inyama arapfa

Next Story

Nta muntu usohokamo ari muzima iyo yinjiye muri uru rusengero rwa cyera

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop