Burya umugabo wese ushakana n’umugore uteye gutya abari ari umunyamahirwe

20/11/2023 13:19

Umugabo wese ufite umugore uteye gutya ufite ibi bintu ni umunyamahirwe kuko kenshi urukundo nderse n’urugo rwanyu ruraramba.Gusa buri muntu agira umwihariko we ariko ntibikuraho ko hari imico itangaje ku mugore ituma umugabo afatwa nk’uwahiriwe mu buzima.

 

Dore imico umugore agira bigatuma umugabo we ashyirwa mu bahiriwe;

1.Kugira Ubuntu: Umugore ugira Ubuntu ariko Ubuntu budatiza urugi, uwo mugore ni mwiza ku mugabo we ndetse usanga abantu benshi bamwishimira cyane kubera ko agira Ubuntu.

 

2.Ubuhanga: Kugira umugore w’umuhanga ufite ubwenge, bituma umugabo we yitwa uwahiriwe kuko uwo mugore ni byinshi agiramo uruhare mu iterambere ry’umuryango.

 

3.Kutumva amabwire: Wa mugore utumva ibintu byose abantu bamubwiye nawe atuma urugo rukomera ndebe bikagira umugabo uwahiriwe.

 

4.Kwigirira ikizere: Umugisha ni ukugira umugore wigirira ikizere mu bantu kuko bihesha ishema umugabo we ndetse n’umuryango muri rusange.

 

5.Kuganira: Kuganira nabyo ni ingenzi mu rugo rwanyu, rero kugira umugore Uzi kuganira nabyo ni ibintu byiza mu muryango wanyu bituma umugabo yitwa uwahiriwe.

 

6.Umwizerwa: Ikirenze ibindi byose, kuba umugore wawe Ari umwizerwa ni kimwe mu bintu byingenzi ukwiye guterwa ishema nabyo kuko burya iyo mu rugo rwanyu harimo ikizere byose buri gihe bigenda neza.

 

Source; News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Kenya : Abarenga 7 bamaze gupfa n’amazu 681 amaze kwangirika

Next Story

MUNGIRE INAMA : Umwana wanjye w’umuhungu ufite imyaka 18 yateye inda mwarimu we none barashaka kubana

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop