Burundi : Uwahoze ari Padiri yanditse asezera ahita akora ubukwe n’umukobwa yihebeye

25/10/2023 09:44

Padiri Innocent wakoreraga umurimo w’Imana muri Diyoseze ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi yakoze ubukwe yemera kubaka n’umugore we akaramata.

 

Nyuma y’imyaka 12 ari Padiri , Innocent wo mu gihugu cy’u Burundi yanditse urwandiko [ Ikete] , arushyikiriza Umuyobozi mukuru wa Diyoseze ya Muyinga agaragaza ko avuye muri izo nshingano.

 

Uyu mupadiri , yari yarahawe uburenganzira bwo kujya kwiga i Burayi. Ikinyamakuru cyandikira muri iki gihugu cyitwa Newlevelsite ati:” Tumwifurije urugo ruhire”.

 

Benshi mu bagize icyo bavuga kuri uyu mupadiri wahisemo gutandukana n’itegeko ry’i Roma akishakira umugore bibajije niba koko byemewe ko abapadiri babyemerewe.

 

Basomyi bacu beza dukunda , iyi nkuru murayivugaho iki ? Ese birakwiye ko umupadiri wihaye Imana avamo agashaka ? Ku bwawe ubivugaho iki ?

Advertising

Previous Story

Alliah Cool yashyize hanze filime itaravuzweho rumwe kubera amashusho arimo y’ubusambanyi arimo

Next Story

KIGALI : Umugabo wafatiye mu cyuho umugore we aryamanye n’umusore ukiri muto yarize cyane asaba ko babatanya

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop