Bruce Melodie na Meddy bahuye bagirana ibihe byiza muri Amerika

03/12/2023 14:21

Bruce Melodie na Coach Gael umujyanama we mu bya muzika bahuye na Meddy usanzwe aba muri Amerika baraganira.

Ni mu mashusho ndetse n’amafoto yafashwe ubona ko bose babihisemo ndetse bakabyishimira.

Muri aya mashusho berekanye Bruce Melodie arimo gucurangira Meddy ndetse na Meddy agacuranga ubona ko ari ibihe byiza bagiranye.

Coach Gael yagize ati:” Abahanzi bambere mu Rwanda mu mateka yacu y’u Rwanda.Mwebwe mubivugaho iki ? “.

Ibi bikuyeho urujijo rw’abatekerezaga ko Bruce Melodie na Meddy bafitanye urwango nyuma y’aho Bruce avugiye ko Meddy na Ben ari abanebwe.

Advertising

Previous Story

Bwitabiriwe n’ibyamamare ! Umunyamakuru Aissa Cyiza wa Royal FM yasezeranye na Sraith– AMAFOTO

Next Story

Bizera ko yakomotse ku nkende ! Ese Virus itera SIDA ikomoka he ? Sobanukirwa neza amateka ya SIDA

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop