Advertising

Bivuze iki iyo iminsi yawe itangiye kumera gutya

07/02/2024 09:02

Kimwe mu bintu bitera ubwoba abantu ni ukubona iminsi cyane iyo ku maboko itangiye gusa naho ibyimba ariko ifite ibara rijya gusa umukara. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe avuga kucyo bishatse kuvuga Niba bikugaragayeho.

 

Inzobere zivuga ko ibi bintu bikunda kugaragara cyane ku bantu ariko ntibamenye neza icyo bivuga. Cyane abagabo cyangwa abagore bakunda kujya muri gyms bimwe bita guterura ibyuma nibyo usanga bahura Niki kibazo. Niyo mpamvu twitabaje inzobere mu kubagezaho amakuru yizewe.

 

Ikindi inzobere zemeza ko harubwo umuntu ashobora kuzana iyo mitsi bitewe numunaniro cyangwa se stress nyinshi mu mubiri we bigatuma iminsi ye utangira guhindura ibara biturutse mu kudatembera neza kwamaraso mu mubiri.

 

Sibyo gusa kuko ngo iyo mitsi ishobora kuza bikaba bivuze ko amaraso yawe atari gutembera neza mu mubiri uko bikwiye.

ikindi ni uko ngo imyaka nayo ishobora gutuma umuntu azana iyo mitsi cyane iyo ugenda uba mukuru ugenda uhura nibyo bintu byo kuzana imitsi ku maboko cyane cyane.

 

Kugabanuka kwibinure mu mubiri wawe ni indi mpamvu ishobora gutuma umuntu azana imitsi ifite amabara ku mubiri ariyo mpamvu usanga abantu bakunda kujya muri gym gukora siporo bahura Niki kibazo cyo kuzana iyo mitsi minini cyane  ku maboko.

 

Inzobere zinavuga ko Kandi ubushyuhe bwinshi nabwo bushobora gutuma wisanga ufite imitsi ifite amabara. Banavuga ko Kandi umuntu ashobora kuzana iyo mitsi bitewe nikindi kibazo bityo mu gihe ubona biteye ikibazo ukwiye kwihutira kubimenyesha umuganga akakugira inama yicyo wakora.

Source: fleekloaded.com

 

 

 

Previous Story

Nta rugero rwiza natanga rwo kuba umugabo kuko nanjye ubwanjye byarananiye ! Almasi

Next Story

G Taff Wigeze kwamamara agira Inama Amavubi yo kugura Abakinnyi muri Arsenal na chelease Yinjiye muri Film Nyarwanda!

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop