Bikomeje kuvugwa ko Umuhanzi Harmonize arya inkoko 4 wenyine

11/12/2023 20:48

Umuhanzi ukunzwe cyane mu gihugu cya Tanzania no muri Afurika yose muri rusange Harmonize, bikomeje gutangazwa ndetse bikavugwa ko uyu musore ashobora kuba arya inkoko 4 wenyine akazimara.

 

Ubusanzwe uyu musore azwiho gukora siporo cyane, ndetse akubaka umubiri bikaba biri mu bintu bituma umuntu arya cyane, ndetse abantu benshi bakomeje kuvuga ko uyu mugabo ashobora kuba arya inkoko 4 wenyine ndetse akazirya akazimara zose.

 

Uyu mugabo uhagarariye Konde Music Worldwide, bivugwa ko yishyuwe amafaranga menshi mu gitaramo yakoreye mu gace ka Karama kuko bivugwa ko ashobora kuba yarishyuwe Million 200, azishyirwa n’umugabo witwa Fred Vunjabei, ibyo bikaba byaramugize umuhanzi uhenze mu gihugu cya Tanzania.

 

Ubwo Umusore ukora urwenya mu gihugu cya Tanzania witwa Doto Magari ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko uyu muhanzi Harmonize ashobora kuba arya inkoko 4 wenyine ndetse akazirya akazimara zose, ayo ni amagambo yavuzwe n’uyu munyarwenya.

 

Uyu muhanzi Harmonize Kandi mu minsi ishize aherutse gushyira hanze Album ye yise “visit bongo” iriho indirimbo yakoranye n’umuhanzi wo mu Rwanda Bruce Melodie iyo ndirimbo yakozwe na Producer Element ikaba yitwa “Zanzibar”.

 

Ese abantu mukunda kurya inkoko mukagira appetite, murumva cyangwa muremera ko uyu muhanzi Harmonize yarya inkoko 4 wenyine akazimara!?

Advertising

Previous Story

Dore ibintu ugomba kwitaho mu gihe ugiye gutereta umukobwa wabyariye iwabo

Next Story

Ateye nk’igisabo ! Amataye ya Kayumba Darina witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 akomeje kuvugisha abantu

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop