Barack Obama yabwiye umugore amagambo akomeye

12/05/2024 16:44

Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika , Barack Obama yifatanyije n’umugore we Michelle Obama kuri uyu munsi wahariwe abari n’abategarugori azirikana n’abandi bagore bagira umutima wo kwita ku miryango yabo.

Anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze yagize ati:”Umunsi mwiza w’abagore kuri wowe Michelle Obama , ndetse n’abandi bagore bose hanze aha.Michelle, warakoze cyane  ku byo wakoreye abakobwa bacu.Uyu munsi n’indi minsi turagushimira.Mwarakoze cyane namwe mwese murera ,mukaduha urugukundo, mukaduhimbara , mukanadufasha mu bihe bigaragara nk’ibikomeye”.

Si ubwa mbere Barack Obama agaragarije umugore we urukundo akabinyuza ku mbuga Nkoranyambaga ze.

M.O

Advertising

Previous Story

Bruce Melodie yakuwe mu barataramira abakunzi ba APR FC

Next Story

APR FC ihawe igikombe idatsinzwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop