Inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye ibitaro by’ababyeyi (Maternity hospital) bya St Michael’s Hospital biherereye mu Mujyi wa Bristol mu Bwongereza, hafi y’ishuri rya Kaminuza rya
Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza inkongi ikomeye yatewe n’indege yaguye hagati mu muhanda wo mu mudugudu wa Murphy Canyon, mu Mujyi wa San
Mu gihe Isi ikomeje gutera imbere mu Ikoranabuhanga, kwiga Electronic ni imwe mu nzira nziza zifasha umuntu kwiteza imbere no kugira uruhare rufatika mu
Umuyobozi Mukuru w’Inama Ishinga Amategeko Daniel Gelase, yatangaje ko mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere Abarundi bazaba babayeho neza kurusha uko babayeho uyu munsi
Valerie Marquez wari umaze kwamamara kuri TikTok, ubwo yari ari kuganira n’abafana be mu buryo bwa ‘Live’ , umugabo wari ufite imbunda yamwinjiranye ahita
Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera imikino ikomeye izahuza abahanzi batandukanye bakomeye barimo Bruce Melodie, King Promise na BNXN wo muri Nigeria n’abandi bahanzi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Nyanza ukekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka