Aracyari isugi nta nu’mugabo afite ! Byinshi k’umukobwa ukomje kubuza abagabo n’abasore kumureba

07/03/2023 17:07

Umukobwa w’uburanga n’amabuno ateye neza kugeza ubu akaba atarabona umugabo cyangwa uwo bakundana akomeje kubera benshi ihurizo rikomeye dore ko habuze gica nyuma yo kumenya ko atarashaka.

Njoki Murira , ni umukobwa ukora amasusho atandukanye haba ayaca kuri youtube cyangwa kuri Website.Uyu mukobwa ukomeje guhogoza abantu nta gahunda n’imwe afite yo gushaka umugabo cyangwa umukunzi bazasangira amafaranga afite kugeza ubu.Uyu mukobwa uzwi nka ‘Content Creator’ kugeza ubu , afite abasaga Miliyoni imwe bamukurikira kuri Tik Tok ari naho yagiye akura abafana batandukanye bamwishimira kubera uburyo akunzwe.

Nyuma yo kwifata amashusho arimo kubyina, uyu mukobwa yahamije ko atazigera ashiturwa n’umugabo cyangwa umusore ngo amufatire umwanya wo kumushyira murugo cyangwa ngo amugire umugore we uko yiboneye.Muri aya mashusho arimo kubyina, uyu mukobwa yafashe umwanya w’abantu bose cyane.Uyu mukobwa yabajije abagabo bubatse impamvu bakebuka bagashukwa n’imiterere bakagira ibyo babakorera.

Uyu mukobwa kandi yahamije ko ntacyo yakorera umugabo uwari we wese cyangwa umusore na cyane ko atari umukozi wabo.Mu kiganiro kizwi nka Podcast yagiranye n’uwitwa Andrew Kibe, yatangaje ko umugabo cyangwa umusore udafite amafaranga atanamuvugisha.Uyu mukobwa wavuze ibi atuye muri Kenya, akaba aturuka muri Kikuyu na Kamba nk’uko umuryango we ariho utuye muri rusange.

Yagaragaje ko uko ateye ari karemano ahakana ibyo kuba yakwibagisha isura cyangwa ikindi gice cy’umubiri we kugira ngo akunde abe mwiza ashimangira ko we yihagije ku giti cye.Ubusanzwe ubwiza bw’abakobwa buhuzwa n’uko benshi batajya bapfa kubona abagabo mu buryo bworoshye na cyane ko baba bafite byinshi bareraho bigatuma abasore boroheje batenguhwa nabo, mu gihe hagira umwegera akamutera indobo mu buryo bwihuse.

Uyu mukobwa umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga , afite amabuno adsanzwe uhereye inyuma kugeza imbere gusa yemeza neza ko araye yose.Ese mu Rwanda n’ahandi byashobokako umukobwa avuga ko azigera ashaka umugabo uko byagenda kose ? Ese twakwemeza neza ko uyu ukobwa yavugaga ibyanyabyo kuburyo atazigera ashaka umugabo koko ? Urabyibaza nanjye ndabyibaza.Iyi nkuru tuyikesha ikinyamakuru Muranganewspapaper.

Advertising

Previous Story

Umugabo wiyise ‘Yesu’ afite ubwoba kubera abahigiye kuzamubamba ku musaraba mu bihe bya pasika

Next Story

Kigali: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amutemye ari gushakishwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop