Afite inkomoko muri Kenya ! Undi muhanzi wamamaye munjyana ya Country by’umwihariko muyo yise ngo ‘My Land is Kenya’ yapfuye ku myaka 87

19/09/2023 11:34

Inshuti , umuryango n’abakunzi b’injyana ya Country , bari mugahinda ko kubura rurangiranwa Rogger Whittaker.

 

Abanyamuziki bari mukiriyo cya mugenzi wabo , Rodger Whittaker wamamaye cyane muri muzika y’indirimbo zituje zizwi nka Country .Nyakwigendera yakundiwe ijwi rye cyane ndetse n’ubuhanga yari afite mu kwandika na cyane ko yakoraga kumitima y’abantu bose kubera amagambo yavaga ku ikaramu ye.

 

 

Mu ndirimbo zamamaye cyane yakunzwemo harimo ; My Land Is Kenya, I am Back, n’izindi.Amakuru avuga ko Rodger ari umuhanzi wavukiye mu Gihugu cya Kenya arinaho ngo haturutse indirimbo yise yagize ati:”My Land Is Kenya’”.

 

 

Benshi bagaragaje ko batewe agahinda n’urupfu rwa nyakwigendera , bihanganisha umuryango we , inshuti n’abavandimwe.Mu mwaka wo 1962, uyu mugabo yacuruje indirimbo nyinshi cyane na cyane ko aribwo yari arimo kwamamara.

Advertising

Previous Story

BURUNDI : James NIYONKURU aherutse yashyize ahabona indirimbo yise ”NTUTINYE” – VIDEO

Next Story

Umunyamakurukazi w’imikino Clarisse Uwimana agiye kwibarutsa imfura ye nyuma y’umwaka arushinze – AMAFOTO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop