Abanyabyaha b’abahanga babayeho, kubafata muri filime byari bigoye.

by
03/04/2023 14:32

Twagiye tureba filme tukababazwa n’ibyo abitwaga ba ‘debande’ bakora, ariko hari ubwo twageraga aho tugatangarira ubuhanga bari gukoramo ibyaha.  Aha ni uko bakurikiranye bitewe n’ubuhanga bagaragaje  kugera ku wa mbere na  filime bagaragayemo, nk’uko tubikesha movieweb.com.

 

  1. Frank Abagnale Jr. Muri filime (Catch Me If You Can)

 

Ni ngombwa kutibagirwa abagizi ba nabi b’iyambikaga uruhu rw’intama nyamara ari ibirura, harimo ibintu by’urugomo,uburiganya bwinshi no kwiba. Frank Abagnale Jr  ( Leonardo DiCaprio ) muri ‘Catch me if you can’ ( uzamfate nubishobora) yataye a urugo aba inzererezi atangira gukora sheke (cheque) z’impimbano akabona amafaranga  aho yashoboraga no kuguma muri hoteri igihe kini atavumbuwe. Yakoraga kandi n’indangamuntu mpimbano n’ibindi kandi kumufata byari bigoye.

 

  1. Danny Ocean muri filime (Ocean’s Eleven)

 

Danny Ocean muri filime yitwa ‘ ocean eleven’, mu buzima busanzwe yitwa ‘George Clooney’ yari umunyamitwe koko, yakoreshaga ubumenyi buhambaye kandi afite amayeri, akagira ubwenge mu gihe yabaga yabaga agiye guhamagara asaba ubufasha.

 

  1. Tony le Stéphanois muri filime (Rififi)

 

Tony le Stéphanois muri filime yiswe ‘Rififi’ akina ari umufaransa uba ukunda kwambara neza cyane, iyi filime ifatwa nk’imwe muri firime z’ibihe byose  mu bufaransa. yayobowe na auteur jules dassin w’umunyamerika nyuma yo gushyirwa ku rutonde rw’abashakishwa akimukira mu Bufaransa kugira ngo akomeze umwuga we.

 

6,Amy Dunne muri filime (Gone Girl)

 

Nkuko umuntu wese warebye filime nkeya cyangwa seri za tereviziyo abizi, kwikuramo ubwicanyi ntabwo ari ibintu byoroshye. Ariko gutegurira umuntu kuba umwicanyi birashobora koroha  iyo bikozwe neza. Uyu mukobwa uba witwa ‘Amy Dunne’ muri  filime yitwa ‘ Gone Girl’, yashoboye kugora gudafatwa kandi atagiye kure

 

5.Neil McCauley muri filime (Heat)

 

Neil McCauley muri filime yitwa ‘heat’, ni filime izahora yibukirwa kuri wayoboye ubujura buteye ubwoba ‘Neil McCauley’ ubusanzwe witwa ‘Robert DeNiro’ akaba kandi yarakoranye eza n’uwitwa ‘ Al pacino’ bakemeza abantu bikomeye .

 

4.Jack Carter muri filime (Get Carter)

Jack Carter muri filime yitwa ‘Get Carter’ ni umuco abongereza bungutse nyuma y’imyaka ubwo abayobozi bakomeye nka Quentin Tarantino bari bamaze kubona ko hari filime z’abandi zishobora gukundwa. Niko byagenze iyi filime iza gukundwa ndetse ikorwaho dokimanteri ‘documentaire’ nyinshi.

 

3.Keyser Söze muri filime (The Usual Suspects)

abantu b’abagizi ba nabi bashimishije bakinnye muri filime yitwa ‘The Usual Suspects’ ni benshi pe! Ariko, Keyser Söze witwa ‘Kevin Spacey’ mu buzima busanzwenumugizi  afatwa nk’uwambere mu buhanga, dore ko yahinduye ibitekerezo byabandi bagizi ba nabi mu nyungu ze bwite kandi aza no kubigeraho koko.

 

2.Michael Corleone muri filime (The Godfather)

 

Niba hari ikintu kimwe buri wese yavuga ni ukuntu  Michael Corleone ( Al Pacino ) muri filime yitwa ‘the Godfather’  yari umuswa ku kazi ke pe! ariko Mu masaha 24 gusa, Michael yashoboye gukura abanzi be bose mu nzira  maze aba umuntu ukomeye cyane muri mafiya.

 

1.Anton Chigurh muri filime (No Country for Old Men)

 

Anton Chigurh amazina ye nyakuri akaba ‘Javier Bardem’ muri filime yitwa ‘No Country for Old Men’ (Nta gihugu cyabasaza ) mu byukuri ni imwe muzigaragaza neza umwicanyi ruharwa muvmateka ya filime, nk’uko byatangajwe mu gitabo. Yari afite code ikomeye imufashakandi ikamutera imbaraga zo kwica abantu, kandi yari afite ubuhanga buhanitse mu bikorwa bye.

Source: www.movieweb.com

Ese nawe watangajwe n’ubwenge bw’aba banyabyaha muri filime zitandukanye twababwiye, twandikire, udusangize ku yinidi ngingo wifuza ko twazagucukumburira.

 

Advertising

Previous Story

Umukozi we Yamutwaye umugabo igihe basohokanaga

Next Story

Ese amafaranga abaraperi bakorera bayasangira na bande?

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop