Abakobwa : Umusore ugukunda azakwandikira ubu butumwa

27/12/2023 19:16

Urukundo hagati y’umusore n’umukobwa rusaba ko bombi bombi bandikirana mu gihe batari kumwe, gusa hari ubutumwa busobanura ko agukunda cyane kandi ko akwitaho.

Niba ugukunda abikubwira binyuze mu biganiro cyangwa mu magambo runaka akoresha Telefone (Ubutumwa) ni nako amagambo ye yandika , azakwerekako ntahandi ashobora kukurutisha.

ESE NI GUTE?

1. Niba umusore agukunda azakwandikira agusabe kumuha gahunda.

Birashoboka uyu musore arimo kukwaka gahunda yo gusohokana cyangwa akaba arimo ku kubaza niba wabona umwanya ngo musohokane.Ibi bishushanya ko agukunda byukuri.

Urugero, ashobora kuzakwandikira agira ati:” Ese ufite umwanya ngo tuzasohokane ku isabato nyuma yo kuva mu materaniro ? “. Niba umusore mukundana akunda kugusaba gusohokana menya ko ntayandi mahitamo afite.

2.Umusore ugukunda azakwandikira agamije kumenya uko umeze.

Umusore wakwihebeye azakomeza amenya uko umeze mu buzima busanzwe.Uyu musore azashaka kumenya uko umunsi wawe wiriwe, uko waramutse, …Uyu musore arashaka kumenya niba wariye , niba wishimye,…

Umusore ushaka kukumarira igihe gusa, we akwandikira amagambo agira ati :” Hey , amakuru “, uraho , bimeze bite , nonese ?, ..” Uyu musore ahora muri za Hy na za Hello zidashira.

3.Umusore ugukunda azahora ashaka kumenya aho uri.

Umusore niba agukunda byukuri , azakwandikira ashaka kumenya aho wagihe , ibyo urimo , …. Muri make uzangira ngo ufite umupolisi hafi yawe.

Komeza usure website yacu kenshi uzamenya byinshi ku rukundo.

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’uburanga yatangaje ko yanga kumara umunsi wenyine ari kuri Telefone gusa

Next Story

Izi ndwara zitari diabete zimaze benshi mu ibanga

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop