Abakobwa gusa: Ibyo wakora nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ukongera ukuba isugi

14/03/2023 12:16

Iki ni ikibazo cyibazwa n’abakobwa batandukanye bibaza niba hari umuti cyangwa ikindi kintu cyabafasha gusubirana bakongera kuba isugi aho gutakaza ubusugi bwabo.

Ubusanzwe ni ingenzi cyane ku gitsina gore kwita kumyanya y’ibanga by’umwihariko mu gihe basanzwe bakora imibonano mpuzabitsina.Mu gihe basanzwe bakora imibonano mpuzabitsina imyanya y’ibanga yabo hari byinshi izana bishobora kuyihindanya cyangwa bikaba byabateza uburwayi (Infections).Mu rwego rwo kwirinda kubangamira imyanya y’ibanga yabo rero ikaba yasubirana igakomeza ikibera isugi na nyuma yo gutera akariro, iyi nkuru irabafasha kugira ibyo bamenya.

ESE NI IKI WAKORA KUGIRA NGO UBASHE KUGUMANA UBUSUGI BWAWE ?
Kujya kunyara/ kwibohora.Nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina umukobwa aba asabwa kwijya kwiherera ubundi akibohora inkari.Uretse nyuma kandi ikinyamakuru pristyncare.com bibaye byiza bigakorwa na mbere bifasha cyane muri urwo rugendo.Uku kujya kwibohora bituma hasohoka za mikorobe,ndetse mu myanya y’ibanga hakisukura.

Guhanagura mu myanya y’ibanga.Nyuma y’igikorwa nyirizina , urasabwa gufata umwanya wawe ukahatunganya neza ukoresheje agatambaro gafite isuku.Aha bavuga ko wanakoresha Toilet Paper cyangwa urupapuro rwo mu bwiherero wabanje kurutunganya rudakanyaraye.

Kujya mu bwogero.Nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, ugirwa inama yo kujya mu bwogero ukiyuhagira mu rwego rwo kugira ngo urebe ko wasubirana ubundi ugakomeza kuba isugi nk’uko ubyifuza.Uku kujya mu bwogero, bigufasha kwivanaho umwanya wase , bagiteriya na ‘Infections’.

Nyuma yo kwiyuhagira koresha imiti yabugenewe.Hari imiti ifasha koroshya uruhu no gusubiranya igitsina gore nyuma yo gutera akabariro.N’ubwo iyi miti iba mibi mu gihe yakoreshejwe nabi, ni ubundi buryo ku gitsina gore mu rwego rwo gusubirana (The virgin coconut oil ).Aya mavuta afasha igitsina gore gusubirana ubundi ukongera ukibera isugi.

Hindura imyambaro y’imbere.Mukobwa urasabwa guhindura imyambaro y’imbere mu rwego rwo kwirinda indwara no kuba habura umutekano kubera gushyuhirana.Nyuma yo gutera akabariro , menya neza ko wambaye umwambaro w’imbere utakubangamiye , ukurekuye neza.

Nywa amazi menshi.Mugore cyangwa wowe mukobwa ushaka gusubirana ubusugi wawe , nywa amazi menshi.Byibura ujye urenza ibirahure bibiri by’amazi buri munsi.Abahanga mu by’ubuzima basaba abakobwa bifuza gusubirana bakaba amasugi, kunywa amazi angana n’ibirahure by’amazi 7 kugeza 8 ku munsi.Kuba isugi cyangwa kuba utariyo ntacyo byongera kubuzima bwawe , haba ubwo mu gitanda cyangwa ubusanzwe gusa hari ababikunda kubw’impamvu zabo bwite.
Isoko: www.pristyncare.com

https://www.youtube.com/watch?v=bEqlt_rjpqI

Advertising

Previous Story

Ariel Wayz yatewe imitoma idasanzwe na Danny Nanone mu ndirimbo nshya bafatanyije – VIDEO

Next Story

“Umwera waturutse ibukuru ukwirahose” ! Burya abana baririmbana na wa mukecuru uririmba Hip Hop muri ADEPR nabo bazayiririmba

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop