Abahungu bambara amajipo ! Nyakasura ikigo gitangaje cyo muri Uganda aho abahungu bambara amajipo

24/11/2023 09:36

Ubusanzwe birazwi ko abahungu mu bigo by’amashuri bagomba kwambara ama pantaro hanyuma abakobwa nabo bakambara amajipo. Icyakora siko bimeze kuri iki kigo cyo mu gihugu cya Uganda aho abahungu bambara amajipo.

 

 

Iki kigo cy’amashuri kitwa Nyakasura kiba mu gihugu cya Uganda akaba Ari segonderi, iki kigo kiratangaje ku buryo cyemerera abahungu kwambara ipantaro. Akenshi ibi sibintu bisanzwe ndetse biboneka ahantu hacye kubona abahungu bambara amajipo.

 

Umuyobozi mukuru wiki kigo cy’amashuri witwa Ernest William Calwell, yavuze ko iki kigo cy’amashuri cyashinzwe muri 1926 muri cya gihe cy’ubukoroni. Akaba avuga ko Ari ikigo kimeze neza ndetse kigisha abanyeshuri neza.

 

Bamwe mu banyeshuri biga kuri iki kigo cy’amashuri, cyane abahungu bavuga ko kuba biga bambara amajipo Ari ibintu bitajya bibabangamira ndetse ko kuba bambara amajipo bitajya bituma batiga nkuko abandi banyeshuri b’abahungu biga bambaye ama pantaro nabo biga.

 

Abantu benshi bakomeje kwibaza icyateye abashinze iki kigo bashyiraho kwambara amajipo ku bahung u, gusa bivugwa ko Ari umuco waranze iki kigo kuva cyera mu minsi cyashinzwe.

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Ndambiwe kubaho njye nyine, ndabinginze munshakire umugabo ! Umukobwa wo mu gihugu cya Kenya yatakambiye abasore ashaka uwo gushyushya uburiri bwe

Next Story

Vera Sidika uteye nka Yolo The Queen yasabye abantu bose kumusengera avuga ko atameze neza [AMAFOTO]

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop