Advertising

Abagore: Uko wakwita kugitsina cyawe ukakigirira isuku

14/05/2023 07:47

Kwita ku myaka yawe y’ibanga ni ingenzi cyane by’umwihariko nk’umugore ndetse n’umukobwa.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyo wakora kugira ngo wite ku gitsina cyawe nk’umugore nyuma yo gutera akabariro.

1. Kwihangarika nyuma yo gutera akabariro

Ikinyamakuru Healthline, kigaragaza ikintu cyiza umugore aba akwiriye gukorera igitsina cye ari ukunyara ‘Pee’.Ibi bigabanya ndetse bigasohora imyanda muri ‘Urethra’.Aha bagira inama abagore yo kunywa amazi menshi.

2. Sukura iruhande rw’imyanya yawe y’ibanga

Ni ingenzi cyane gusukura imyanya yawe y’ibanga nyuma yo gutera akabariro ukabikora ukoresheje agatambara keza.

3. Koresha agatambaro gasukuye.

Mu gihe urimo gukora isuku , gerageza gukoresha agatambaro keza gafite isuku .

5. Ambara imyambaro itambutsa umuyaga.

Ambara imyambaro myiza ikozwe muri Cotton na Bamboo mu gihe cyo gutera akabariro.

Abagore bagirwa inama yo kutambara utwambaro tubafunganye.

6. Jya kwamuganga.

Umugore agirwa yo kujya kwamuganga kugira ngo amenye uko umubiri we umeze.

Previous Story

Dore indwara zikomeye ziterwa no gusomana zishobora gushyira ubuzima bw’umuntu mu kaga

Next Story

Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda ?

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop