Abagore: Uko wakwita kugitsina cyawe ukakigirira isuku

14/05/2023 07:47

Kwita ku myaka yawe y’ibanga ni ingenzi cyane by’umwihariko nk’umugore ndetse n’umukobwa.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyo wakora kugira ngo wite ku gitsina cyawe nk’umugore nyuma yo gutera akabariro.

1. Kwihangarika nyuma yo gutera akabariro

Ikinyamakuru Healthline, kigaragaza ikintu cyiza umugore aba akwiriye gukorera igitsina cye ari ukunyara ‘Pee’.Ibi bigabanya ndetse bigasohora imyanda muri ‘Urethra’.Aha bagira inama abagore yo kunywa amazi menshi.

2. Sukura iruhande rw’imyanya yawe y’ibanga

Ni ingenzi cyane gusukura imyanya yawe y’ibanga nyuma yo gutera akabariro ukabikora ukoresheje agatambara keza.

3. Koresha agatambaro gasukuye.

Mu gihe urimo gukora isuku , gerageza gukoresha agatambaro keza gafite isuku .

5. Ambara imyambaro itambutsa umuyaga.

Ambara imyambaro myiza ikozwe muri Cotton na Bamboo mu gihe cyo gutera akabariro.

Abagore bagirwa inama yo kutambara utwambaro tubafunganye.

6. Jya kwamuganga.

Umugore agirwa yo kujya kwamuganga kugira ngo amenye uko umubiri we umeze.

Advertising

Previous Story

Dore indwara zikomeye ziterwa no gusomana zishobora gushyira ubuzima bw’umuntu mu kaga

Next Story

Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda ?

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop