Advertising

Dore amasaha meza yo gutereraho akabariro kubashakanye

27/02/2023 12:19

Ubusanzwe abantu benshi mubashakanye ntabwo bazi amasaha meza bakwiriye gukoreraho imibonano mpuzatina.Muri iyi nkuru turagaruka ku masaha meza yo bakwiriye kubikoreraho ubundi bagashimishanya nk’uko babyifuza.

Urukundo rugereranywa nka kimwe mu gice cyo gukundana ndetse ni urufunguzo rw’ibyishimo mu buzima bwa buri muntu muri iyi si.Urukundo rugendana no gutera akabariro aho abashakaye bahura bagasangira urukundo , bagashimishanya ndetse buri wese akanyurwa kurwego rwe dore ko hari abantu bamaze kwemera kuba imbata yabyo.

Bamwe bemera ko gutera akabariro mbere yo kuryama aribyo byiza abandi bakemera ko kubikora mu masaha ya mu gitindo aribyo bizima bitewe n’uko mu masaha ya mu gitondo aribwo umusemburo wa Testosterone uba waramaze kuzamuka.Umuntu ukora imibonano mumasaha ya mu gitondo bavuga ko aba afite imbaraga ndetse n’imisemburo ye yazamutse.

Ubushakashatsi bugaragaza ko saa 5H00’ , za mu gitomdo ariyo masaha meza kubakundana yo gutera akabariro nk’uko abahanga batandukanye babivuga by’umwihariko ASHLEY Grossmad, ukora mu bitaro bya WEBMD.Bavuga ko mu masaha ya mu gitondo imisemburo itandukanye ikora neza kandi igakora cyane nk’uko babivuga.

Ku ijanisha , abahanga bavuga ko 50 kugeza kuri 70% by’abantu baba bagomba kubikora muri ayo masaha bitewe n’akazi kabo , dore ko hari ababyuka mbere y’ayo masaha bagiye mukazi gatandukanye bigatuma batabasha gutera akabariro nk’uko byakagombye.Ubusanzwe n’ubwo bimeze bityo, abandi bahanga bemeza ko abakundana baba bagomba kugira amasaha yabo ndetse na gahunda y’uko bakora imirimo yabo isanzwe bakareba n’igihe babonekera kugira ngo bemeranye ku masaha yo guhuza urugwiro n’umunezero ntawe ubangamiye mugenzi we.
Kuba abantu bamwe bamara igihe kirekire mu buriro cyangwa mu kazi kabo , bigira ingaruka mu miryamire yabo bityo bigatuma abantu batabasha kumenya aheza ho kwerekeza.Ese wowe ubona amasaha meza yo gutera akabariro hagati y’abakundana cyangwa abandi bantu yaba saangapi.Ese wemeranya n’abavuga ko byaba byiza bikozwe mu masaha ya mu gitondo cyangwa isaha n’isaha babikora ? Urukundo ntabwo ruhitamo igihe cyanyacyo kuko urukundo rudahitamo inzira mbi bigendanye n’uruyoboye.

Previous Story

Watermelon ivura uburemba kubagabo ikongerera abagore ububobere

Next Story

Uko warwanya umwuka mubi wo mu gitsina

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop