Advertising

Ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe atakigukunda

20/10/2024 11:06

Hari impamvu zitandukanye ziba zishoboroa gutuma umugore azinukwa umugabo we, wenda twavuga nko nkumva amarangamutima ye atakimurarirkiye, mugihe hari utubazo batumvikanaho neza, kuba atagisa neza ndetse n’ibindi bituma urukundo rubaryohera.

Umunsi.com twabakoreye ubushakashatsi kubimenyetso byakwereka ko umugore wawe atacyikwiyumvamo.

  1. kuba atakcyikuganiriza uko umunsinwe wamugendekeye. Urugero hari ubwo wari umenyereye ko akenshi iyo mwembi mwabaga muhugutse yakubwiraga ubryo umunsi we wagenze ndese akakubitsa amabanga yose atishisha.

 

  1. atangira kuzajya akwirengagiza ndetse akumva Atari ngombwa kugusangiza ibyiyumvo bye. Yego ntibivuze ko ahita abihagarika bitunguranye gusa agendsa agabanya imishyikirano mwagiranaga

 

  1. Atangira kuzajya akunenga cyane agakabya. Ikindi kimenyetso cya kwereka ko umugore wawe atacyikwiyumvamo nuko atangira kuzajya yibanda kumakosa yawe gusa akirengangagiza ibyiza wamukoreye.

 

  1. Asuzugura ibintu byose umubwiye, ibi bivuze ko ibyo kubahana ndetse no gutegana amatwi aba atakibikozwa. Ndetse akumva adashishikajwe nibyo wamubiye cyangwa inama wamugiriye
  2. Arwanya igitekerezo uba wazanye. Usibye noneho kuba yibanda kuntege nke zawe ahubwo aba yumva akurusha imitekererezse yagutse kuburyo utamubera umutware koko.

 

  1. Ntaba agishishikajwe no kumarana nawe umwanya. Ikindi kintu ndetse cyakubera ikimenetso simusiga nuko aba yumva nata nkuru cyangwa ibintu mwavugana igihe kinini kuburyo kumarana nawe umwanya byamubera umutwaro.

 

  1. Ntago akugisha inama. Iyo umugore asigaye akora ikintu cyose kimujemo ndetse ntakuzuyaza nibigaragaza ko uba utagifite agaciro mumaso ye. Ndetse bikaba ikimenyesto simusiga ko yaguhararutswe.

 

  1. Aguhimisha guceceka. kimwwe mubintu bibabaza ndetse bikabangamira uwo mwashakanye nukubona asigaye yinuba kuvugana nawe. Ubwo iyo umugore wae cyangw umugabo wawe usigaye ubona kuvugana nawe bimurushya ndetse ari umutwaro biba bivuze ko atakigukunda.

 

  1. Atangira kwishyikira kubandi. Kubera ko kimwe mubintu binezeza umuntu ari ugusabana, ntago aba abaho ntawe bavugana ngo amubitse amabanga ye. Ubwo ahitamo gushaka inshuti hanze y’umuryango.

 

  1. Ntaba agishaka ko mwashyikirana. Bimwe mubintu uba umenyereye nkibibahuza ntago uba ucibica iryera urugero nko gusomana, guhoberana cyangwa gufatana mubiganza.

 

11.Agira ibanga ndetse agahugira mubye. Iyo umugore wawe atakigukunda akenshi aba asigaye ategura gahunda ye gusa ntayisgusangize ndetse rimwe na rimwe guhosokana biba bisigaye mu indagihe.

 

  1. akugereranya nabandi. Iyo umugore wawe atangiye kuzajya akugereranya nabandi menya ko atakcyikwiyuo ahubwo aba ashaka undi munshya wamuha umwanya.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Itandukaniro ry’urukundo n’agahararo n’urukundo rw’ukuri

Next Story

Jua Cali umuraperi wo muri Kenya arembeye mu bitaro

Latest from Inkuru z'urukundo

Amoko 10 y’urukundo

Urubuga Elcrema rutanga inama ku mibanire rugaragaza ko urukundo ruri mu moko 10 benshi bitiranya kubera ko batabisobanukiwe: Urukundo rusanzwe: Uru ni urukundo rugaragara
Go toTop