Advertising

Dore ibibi byo gukoresha agakingirizo abantu benshi batazi

08/10/2024 16:41

Gukoresha agakigirizo mu gutera akabariro ni bumwe mu buryo buhendutse bukoreshwa  n’abatari bacye mu kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gutera inda zitateganyijwe.

Icyakora abantu benshi nti bajya bamenya ibibi byo gukoresha agakingirizo mu gutera akabariro. Niyo mpamvu muri iyi nyandiko turarebera hamwe icyo inzobere zibivugaho.

Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe kandi zifite ubucukumbuzi bw’amakuru yizewe ndetse atangwaho ubuhamya n’abantu benshi bemeza ko aribyo.

Ni ukuvuga ko turakomoza ku bibi byo gukoresha agakingirizo mu gutera akabariro.

Icyambere inzobere zibivugaho ni ukoresha agakingirizo bishobora gutuma wandura indwara zandurira mu mu miboano mpuzabitsina no gutera inda zitateganyijwe.

Ubusanzwe agakingirizo nti gahabwa amahirwe 100%  ko gashobora ku kurinda no kugufasha kwirinda kuba warwara.

Mu gihe wakoresheje agakingirizo mu gutera akabariro, bishobora kubaho ko gashobora gucika bityo bikaba bishobora gutuma wisanga watewe inda itateganyijwe cyangwa wanduye indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina kandi wari uziko wirinze bitewe n’uko wakoresheje agakingirizo mu gutera akabariro.

Inzobere zibivugaho ko niba uri ingaragu ukaba nta mugore ufite cyangwa nta mugabo ufite, mu gihe ushaka kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gutera inda zitateganyijwe, igisubizo cyizewe 100% ni ukureka kubikora ukifata.

Kuko ngo nibwo buryo bwizewe 100% ndetse nta numwe ushidikanya kuri ubwo buryo.

Ikindi kibi cyo gukoresha agakingirizo mu gutera akabariro, gatuma abakorana imibonano mpuzabitsina bataryoherwa nayo uko bikwiye cyane ko baba bakoresheje agakingirizo.

Iyi nyandiko yankozwe mu buryo bwo kwigisha, guhugura ndetse no kwerekana uko ubushakashatsi bwakoze bwatanze ibisubizo, ntiyakoze mu buryo bwo kwangisha abantu gukoresha agakingirizo.

Turashishikariza urubyiruko muri rusange kujya bifata ntibishore mu mibonano mpuzabitsina kuko no gukoresha agakingirizo ubwako ntikizewe. Icyakora abananiwe kwifata ni ngombwa kukibuka nako n’ingirakamo

Umwanditsi: Bonheur Yves

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ntwali Fiacre yasezeranyije Abanyarwanda intsinzi, abasaba ikintu gikomeye

Next Story

Abantu benshi batinya kurega P.Diddy n’ubwo ari muri gereza kubera imbaraga ze

Latest from Ubuzima

Ibyiza by’amaribori ku bakobwa

Amaribori ni umwihariko w’imiterere y’uruhu umuntu ashobora kuvukana, akagaragara ku mubiri cyane cyane mu gihe cy’ubusore. Ku bakobwa, amaribori akenshi aba umwihariko w’ubwiza bwabo.

Dore amafunguro ukwiye kurya nijoro

Nijoro ni igihe cyiza cyo kuruhuka nyuma y’umunsi wose, ariko ibyo tunywa cyangwa turya bishobora kugira ingaruka ku mimerere y’umubiri wacu n’uburyo twiruhukira. Hari
Go toTop