Element yahakanye iby’urukundo ni nkumi igaragara mu mashusho y’indirimbo ye avuga kuri Kelia Ruzindana

07/06/2024 12:29

Umuhanzi Element akaba na Producer yakanye iby’urukundo n’umukobwa yashyize mu mashusho y’indirimbo nshya yise ‘Milele’.

Uyu muhanzi avuze ibi nyuma yo kumvikana mu bitangazamakuru bitandukanye hafi ya byose, byanditse ‘Urukundo rwa Element ni nkumi rugeze aharyoshye’.Element, yemeza ko byari akazi.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, yabajijwe ati:”Uriya mukobwa nta makuru namutanzeho, uriya mutima na Rumaga nkushyiraho (Bari kumwe).Uriya mukobwa ntabwo ari umukunzi. Oya ntabwo ari umukunzi”.

Muri iki kiganiro, Element yavuze ko umukobwa witwa Kelia Ruzindana bakundanaga bikavugwa ko batandukanye, bakiri inshuti.Ati:”Turacyari inshuti, kuba yaragiye kwiga nanjye ndagenda”. Ubusanzwe Element aherutse gushyira hanze indirimbo avuga ko yamutwaye arenga Miliyoni 40 z’Amafaranga y’u Rwanda.

Previous Story

NKORE IKI: Ndi umugabo wubatse ariko nakunze undi mwana w’umukobwa ku buryo ntabaho nta mufite

Next Story

Guverinoma ya Etiyopiya yatangaje ko Urugomero runini rwa Renaissance Réissance (Gerd) rwabyajwe amashanyarazi arenga 2.700 (GWh) mu mezi 10 ashize kurenza uko byari byitezwe

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop