Israel Mbonyi agiye gutaramira i Burayi

07/03/2024 15:55

Umuramyi, Israel Mbonyi umaze kubaka izina muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda , yatangaje ko agiye gutaramira iburayi aho kwinjira bizaba biri mu bihumbi birenga 68 by’amafaranga y’u Rwanda.

Ni igitaramo kizaba tariki 08 Kamena 2024 mu gihugu cy’u Bubiligi ahitwa Birmingham Palace.

Nkuko bigaragara ku rupapuro rw’ubutumire, kwinjira ni Amayero 50 na 30.Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yavuze ko yiteguye neza kuzajya gutaramira abakunzi be.

https://twitter.com/IsraeMbonyi/status/1765677370164347145?t=GXGlhZn3vvJykNvKeNAP2A&s=19

Previous Story

Kizz Daniel yamaze kwemeza ko ari umugabo wubatse nyuma y’uko byari ibanga

Next Story

Camila Cabello yazuye akaboze ku rukundo rwe na Shawn Mendez

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop