Advertising

Zuchu yarutishije Alikiba Diamond Platnumz

17/02/2024 19:27

Alikiba na Diamond Platnumz bamaze iminsi bayoboye umuziki wa Tanzania [ Bongo Flava ]. Muri uku kuwuyobora Diamond Platnumz yasohoye indirimbo Mapozi yari iya Mr Blue gusa aza kuyisubiranamo nawe na Jay Melody.

Iyi ndirimbo yihariye umuziki muri Afurika y’Iburasirazuba iza gusanganirwa na ‘Dah’ ya Alikiba na Nandy.Izi ndirimbo zombi zafashe imbuga nkoranyambaga ku buryo buri wese yaje mu 10 za mbere muri muri muzika ya Afurika y’Iburasirazuba muri rusange.

Muri uko guhangana Alikiba yavuze ko we na Nandy bahagaritse gukundwa ku indirimbo ya Diamond Platnumz , Jay Melody na Mr Blue.Zuchu akibyumva yavuze ko indirimbo ya Diamond ariyo iyoboye ndetse ko ari nawe uyoboye umuziki aho kuba Alikiba.

Previous Story

Diamond Platnumz yatatse icyumba ku munsi w’abakundana acyakiriramo Zuchu

Next Story

Ndi mwiza abakobwa barankunda, mbayeho ndyohewe ! Lorenzo wa RBA

Latest from Imyidagaduro

Go toTop