Advertising

Bivuze iki iyo iminsi yawe itangiye kumera gutya

07/02/2024 09:02

Kimwe mu bintu bitera ubwoba abantu ni ukubona iminsi cyane iyo ku maboko itangiye gusa naho ibyimba ariko ifite ibara rijya gusa umukara. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe avuga kucyo bishatse kuvuga Niba bikugaragayeho.

 

Inzobere zivuga ko ibi bintu bikunda kugaragara cyane ku bantu ariko ntibamenye neza icyo bivuga. Cyane abagabo cyangwa abagore bakunda kujya muri gyms bimwe bita guterura ibyuma nibyo usanga bahura Niki kibazo. Niyo mpamvu twitabaje inzobere mu kubagezaho amakuru yizewe.

 

Ikindi inzobere zemeza ko harubwo umuntu ashobora kuzana iyo mitsi bitewe numunaniro cyangwa se stress nyinshi mu mubiri we bigatuma iminsi ye utangira guhindura ibara biturutse mu kudatembera neza kwamaraso mu mubiri.

 

Sibyo gusa kuko ngo iyo mitsi ishobora kuza bikaba bivuze ko amaraso yawe atari gutembera neza mu mubiri uko bikwiye.

ikindi ni uko ngo imyaka nayo ishobora gutuma umuntu azana iyo mitsi cyane iyo ugenda uba mukuru ugenda uhura nibyo bintu byo kuzana imitsi ku maboko cyane cyane.

 

Kugabanuka kwibinure mu mubiri wawe ni indi mpamvu ishobora gutuma umuntu azana imitsi ifite amabara ku mubiri ariyo mpamvu usanga abantu bakunda kujya muri gym gukora siporo bahura Niki kibazo cyo kuzana iyo mitsi minini cyane  ku maboko.

 

Inzobere zinavuga ko Kandi ubushyuhe bwinshi nabwo bushobora gutuma wisanga ufite imitsi ifite amabara. Banavuga ko Kandi umuntu ashobora kuzana iyo mitsi bitewe nikindi kibazo bityo mu gihe ubona biteye ikibazo ukwiye kwihutira kubimenyesha umuganga akakugira inama yicyo wakora.

Source: fleekloaded.com

 

 

 

Previous Story

Nta rugero rwiza natanga rwo kuba umugabo kuko nanjye ubwanjye byarananiye ! Almasi

Next Story

G Taff Wigeze kwamamara agira Inama Amavubi yo kugura Abakinnyi muri Arsenal na chelease Yinjiye muri Film Nyarwanda!

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop