Zari Hassan yiyamye abantu bamwandikira bamusabirizaho amafaranga

23/01/2024 11:16

Uyu mugore wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye utuye muri Afurika y’Epfo, kubera kugira amafaranga menshi cyane abantu bakunda kumwandikira ku mbuga nkoranyambaga ze bamusaba amafaranga, icyakora uyu mugore we ariyama abo bantu bose.

 

 

Mu mashusho uyu mugore yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, yavuze uburyo abantu benshi bakunda kumwandikira bamusaba amafaranga ndetse avuga ko Kenshi usanga abo bantu banga gukora bakirwa basabiriza.

 

 

Mu magambo ye yagize ati “kuri abo bantu Bose birwa bansaba amafaranga yo kurya no kwishyura ubukode, ikibazo mfite ejo muzabaho mute!? Mu kwezi gukurikira nabwo uzacyenera amafaranga yo kurya no kwishyura inzu.”

 

 

Uyu mugore Kandi yavuze ko bamwe mu bantu bamusaba amafaranga Banga gushaka amafaranga ngo bategereje gusabiriza.

 

https://www.youtube.com/watch?v=xChKvKIIdRg&t=7s

Abafana benshi ntibamuhaye agahenge kuko bamubwiye ko umuntu ufite amafaranga menshi akwiye gufasha ndetse Hari nabavuze ko amafaranga afite atayakoreye nawe ngo yayasigiye n’uwahoze ari umugabo we witabye Imana bityo amusigira amafaranga.

 

 

 

 

Source: thesouthafrica.com

Previous Story

Ntuzongera kwitwa umwana wanjye ukundi, umubyeyi yabyarutse umuhungu we nyuma y’uko uwo musore yishe mushiki we bapfa ibihumbi 2000

Next Story

Abakobwa: Menya uburyo bwiza wakoresha Waka umukunzi wawe amafaranga

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop