Undi muhanzi w’icyamamare asezeye umuziki

13/01/2024 17:53

Umuhanzi ukomeye muri Nigeria Terry G yeruye ko avuye muri muzika.

Ni umuhanzi, umwanditsi w’indirimbo akaba n’umwe mu bazikora.Gabriel Oche Amanyi wamamaye nka Terry G muri Nigeria nawe yatangaje ko ahagaritse umuziki k’umugaragaro.

Nk’uko yabinyujije mu mashusho akomeje gukwirakwizwa kumbuga nkoranyambaga zitandukanye,Terry G yasabye imbabazi abafana be kubwo kubasigana agahinda.

Mu magambo ye humvikanyemo gushimira abafana ati:” Ndashaka gushimira mwe bafana banjye kubwo kuba uwanyawe kuri njye iyi myaka yose.

“Nukuri ndabashimira kubw’imyaka myiza tumaranye.Mwarakoze kubwo ku nkunda.Ndabashimiye.

“Ngiye gutangaza ikintu gikomeye kandi ndabizi ko kirabangamira abantu benshi gusa mfite impamvu zanjye.Ndashaka kubabwira ko mvuye muri muzika.

“Mwarakoze kumbera abanyabo kuri njye, kubwo kunyereka urukundo.Bafana banjye mwarakoze.Imana ibahe umugisha”

Terry G yaherukaga indirimbo mu myaka ishize nk’uko bigaragara kuri YouTube channel ye.

Advertising

Previous Story

Nshaka kurongora umukobwa wa Bebe Cool ! Umusore yarahiriye kwegukana umukobwa w’icyamamare

Next Story

Vestine na Dorcas bahembuye imitima y’abakunzi babo n’indirimbo nshya – VIDEO

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop