Umusaza w’imyaka 70 yerekanye abakobwa 300 amaze kuryamana nabo harimo n’abagore bubatse

11/12/2023 14:51

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu musaza w’imyaka 70 waciye ibintu nyuma yo kwerekana abakobwa bagera kuri 300 bose amaze kuryamana nabo harimo n’abagore bubatse.

Ubusanzwe uyu musaza ni uwo mu gihugu cya Nigeria, akaba ari umucuruzi wabigize umwuga ndetse amazina ye yitwa Francis Van Lare, yashize hanze amafoto ndetse n’amazina y’abagore 300 bose yaryamanye nabo kuva muri 1970, nyuma y’igihe akora urutonde rwabo, kuri ubu akaba yamaze kubashyira hanze.

Mu magambo ye yagize ati ” ngiye kugaragaza urutonde n’amazina y’abagore bose twaryamanye kuva muri 1970, uwambere yitwa Felicia ndetse inkuru ye yose ndaje nayo nyibahe. Yatumye mama umbyara yirukanwa mu

 

kazi yakoraga ku bitaro we n’uwo mukobwa nyuma y’uko uyu mukobwa yanze kuryamana na nyiri ibyo bitaro agahitamo kuryamana nanjye.”

 

Ayo ni amagambo uyu musaza yatangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook.Yakomeje avuga ko afite amakuru yose ndetse ko n’amazina n’amafoto yose y’abagore bose yaryamanye nabo ayafite ndetse yiteguye kuyashyira hanze.

Yongeyeho ko umukobwa waryamye nawe nabona atari ku rutonde agomba kumumenyesha kugira ngo nawe ashyirwe ku rutonde mu bandi.

Nk’uko uyu musaza w’imyaka 70 yari yavuze ko aratangaza amazina n’amafoto y’abagore bose yaryamanye nabo, yasohoje isezerano maze Bose abashyira hanze.

Uyu musaza yavuze ko amazina y’abo baryamanye ari; Amina Ali, Farida Hassan , Jamila Ahmed , Zainab Ibrahim, Nasra Omar, Samira Yusuf, Rahma Abdi, Faduma, Saida, Habiba, Aisha , Fatima, Zahra, Halima, Safiya, Mariam, Khadija, Asma , Naima, Leila na Salma”.

 

Rukia, Hafsa , Muna, Zuhura, Sabrina, Nadia, Lyla, Amira, Zahara,Fatuma, Asha, Nafisq, Shukuri,Ayan,Hanan,Sumaya, Huda, Maimuna,Salima, Ayan, Fauzi, n’ahandi.

Uyu mugabo ufite Page ya Facebook yabaye Verified na Google , yabwiye abantu bashaka guca agahigo nkake gutangira bafite imyaka 17.

Abantu benshi bakomeje kwibaza icyateye uyu mugabo gukora igikorwa nkicyo.

Source: ghpage.com, Punchng.com, Chronicle.ng

Advertising

Previous Story

Abakundana : Dore utuzina twiza cyane wajya wita uwo wahaye umutima wawe akanyurwa

Next Story

Byagenda bite igihe wakwisanga wabwiriwe ukanaburara kuri Noheli cyangwa ku bunani kandi uziranye n’abakire?

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop