Umukobwa uterura ibyuma yemeje abasore avuga ko ntawe umurenze ahishura ko abagore bamubwira kutiyereka abagabo babo

12/05/2023 12:35

Biratangaje kubona umukobwa uterura ibyuma ndetse akaba yarazanye na Six Packs nk’uko bikunda kwitwa.Uyu mukobwa wamaze kuba uwo muri Gym yemeje ko bamwe mubagore iyo bamubonye batinya ko arabatwarira abagabo bakamusaba kutabiyereka.

Uyu ‘GYMGOER’ yemeje abantu agaragaza ko abayeho mu buryo budasanzwe dore ko imyitozo iri mu mafunguro ye ya buri munsi.Uyu mukobwa kugeza ubu utinywa cyane n’abagore avuga ko benshi bagiye bamwihanangiriza bakamusaba kujya yegera abagabo babo kugira ngo batazabona umubiri we bagahita bamutwara.

Ubusanzwe yitwa Bianca kumbuga nkoranyambaga yiyiese Bianca Someone, ni icyamamare kumbuga nkoranyambaga aho yari yambaye imyambaro isanzwe imufashe cyane iri mu ibara ‘yellow’.

Mu mashusho yashyize hanze, uyu mukobwa yagaragaje ko akora imyitozo nk’umuco we , aho yarimo akora imyitozo itanga ishusho kunda maze yandikaho amagambo agira ati:” Buri kimwe ushyizeho intekerezo iyo ugikoze kigenda neza cyane”.

Ni amashusho yakunzwe n’abatari bake dore ko barengejeho ibitekerezo byabo.Bamwe baramushima abandi bagaragaza ko bifuza kuba nkawe.


Src: The sun

Advertising

Previous Story

Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umukobwa atarigera aryamana n’umugabo na rimwe

Next Story

Dore amakamaro ko guca imyeyo cyangwa gukuna kubakobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop