Umuhanzi Patoranking wo muri Nigeria yataramiye i Kigali.Patoranking wageze i Kigali mu ibanga ku wa 08 Ugushyingo aje munama, yataramiye muri The Shooters Lounge nk’uko Igihe.com babitangaza.
Â
Uyu muhanzi yaje munama ya Qatar Africa Business Forum [ Ihuriro rigamije guteza imbeza imbere ubufatanye hagati ya Qatar na Afurika ] yabaye tariki 09 Ugushyingo muri Convention Center.Uyu muhanzi na mugenzi we King Promise bombi bataramiye muri The Shooters Launge dore ko uyu nawe yaharirimbiye ku wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo.
Â
Patoranking wavuze ko yakoranye na Meddy indirimbo ntisohoke , yaherukaga mu Rwanda mu 2019 aho ibi yabitangaje ari kumwe na Meddy bari muri Studio za [ Kiss FM].
Â
Patoranking ni icyamamare muri Afurika binyuze mu ndirimbo nawe uri gusoma iyi nkuru uzi nka ‘My Woman’ n’izindi.

Â