Yaciye agahigo kari gafitwe na Fela Kuti

Umuhanzi Harrysong yaciye agahigo kari gafitwe na Fela Kuti ko ashaka abagore 30 ku munsi umwe

12/11/2023 16:28

Harrysong wamamaye nka Harryson Tare Okiri muri Nigeria yakuyeho agahigo ka Fela Kuti washatse abagore 27 umunsi umwe we ashaka 30.

 

Uyu muhanzi yakuyeho agahigo ka Fela Anikulapo Kuti washatse abagore 27 ku munsi umwe.

 

Aka gahigo kahamijwe nuko uyu mugabo yagaragaye ahagararanye n’abagore 30 bose bambaye imyambaro isa , igaragaza umuco w’iwabo ndetse akaba ariyo abagore bambara mu gihe cyo gushakana.

 

Ibi byatabgaje benshi na cyane ko atigeze avuga impamvu yamuteye kubikora gutyo.Uretse umuryango we kandi ngo n’abafana be ntabwo bumva impamvu yatumye Harryson ashaka abagore benshi icyarimwe.

 

Ubusanzwe Harrysong ni umuhanzi ukomeye wo mu njyana ya Afrobeat.

 

Mu mwaka wa 2021 , Harrysong yabyaranye na Alex umugore we gusa nyuma aza gutangaza ko nta mwanya yabona wo kujya kureba umugore we arikubyara ndetse ahishura ko batandukanye kandi ko kubyara ataribyo byatuma basubirana.

 

Icyo gihe yagize ati:” Yego nibyo umugore wanjye yabyaye ariko njye narindi Lagos mfite akazi ngo mba kwitaho”.Uyu muhanzi yahishuye ko akunda umwana we ndetse ko yamuhimbiye indirimbo yitwa She Knows fatanyije na FireBoy na Olamide.

Harrysong n’umugore we wa mbere Alex babyarany umwana w’umukobwa

 

Abgore 30 ba Harrysong abarimo hagati.

 

Yaciye agahigo kari gafitwe na Fela Kuti

Advertising

Previous Story

Uwamuburaniye yishyuwe Miliyoni 5 ! Titi Brown yavuze ko ashimira cyane ubutabera bw’u Rwanda avuga koyarwaye ihungabana

Next Story

Menya igisobanuro cyo kwambara utunigi ku maguru kubakobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop