Umuhanzi D Voice winjiye muri WCB washyize hanze amashusho y’indirimbo BamBam yafatanyije na Zuchu – VIDEO

26/11/2023 12:27

Umuhanzi D Voice uzwi nka Swahili Boy, yashyize hanze indirimbo yise ‘BamBam yafatanyije na Zuchu uri mu rukundo na Diamond Platnumz.

 

Ni indirimbo bigaragara ko yakorewe muri WCB ya Diamond Platnumz yahawemo ikaze na Zuchu  Tanasha Donna n’abandi batandukanye.

 

Bam Bam  yasohokanye n’amashusho yayo.Mu gusobanura iki gihangano cye , D Voice yabwiye abantu ko , izina Swahili Kid, ari umuzingo iteganya gusohora urimo indirimbo zitandukanye zirino munjyana zitandukanye nka ‘Zouk, Bongo Fleva,Afro Pop, n’izindi.

D Voice yasobanuye ko uyu muzingo uzaba uriho indirimbo zisakaza urukundo, ububabare, n’ibindi byinshi biranga ubuzima bwa muntu.

 

D Voice , asohoye iyi ndirimbo mu gihe , Diamond na Zuchu bari bamaze amasaha make , bari kwerekana urukundo, ubwi Diamond yateguraga ijoro ryabo nk’abakundana.

Advertising

Previous Story

Habonetse undi mukobwa uvuga ko Diamond Platnumz yamusabye ko bazabyarana ndetse bagakora ubukwe

Next Story

Azwiho kuzunguza ikibuno ! Holly Gigi ujya mu mashusho y’abahanzi yavuze ko atajya yemerera abantu baba bashaka kumufatirana ari mukazi – VIDEO

Latest from Imyidagaduro

Go toTop