Umugore wa Mr Ibu washakaga gutwara amafaranga yo kumwitaho yasabye imbabazi

21/11/2023 20:21

Umugore wa Mr Ibu Stella Maris yavuze ko asabye imbabazi nyuma y’uko abagomba guha umugabo we amafaranga bisubiyeho kubera kuvuga ko nta muntu n’umwe wigeze afasha umugabo we.

 

Stella yasabye imbabazi AGN umuryango w’abakinnyi ba Filime muri Nigeria , nyuma y’amamuru yavugaga ko nta muntu wigeze afasha Mr Ibu ubwo yari kwa muganga.

 

Anyuze kuri Uche Maduagwu, Stella Maris umugore wa Mr Ibu yatangaje ko yabashywe ko umugabo we atigeza afashwa aheraho asaba imbabazi abagize uyu muryango AGN [ Actors Guild of Nigeria ] nyuma y’aho basubijeyo ubufasha bari bashaka kugnera mugenzi wabo.

 

Stella mu kwemera amakosa yavuze ko umuvugizi wa AGN witwa Kate Henshaw, yasuye umugabo we ubwo yari kwa muganga.

Ubusanzwe habanje amagambo no gushaka kurwanira mu mafaranga yagombaga gufasha Mr Ibu kwivuza, umuhungu we avuga ko ariwe umwitaho mu gihe uyu mugore Stella Maris we yavugaga ko yimwe uburenganzira bwo kugera kumafaranga n’umukobwa wa Ibu.

Advertising

Previous Story

Menya ikiba k’umugabo iyo amaze kurya urusenda yitegura gutera akabariro

Next Story

Kenya: Umugabo yahishuye ko ubukene aribwo bwatumye aba umutinganyi – VIDEO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop